Irahira rya Uhuru ryatumiwemo abayobozi bakomeye

Ibiro bya Perezida wa Kenya byatumiye abayobozi b’ibihugu bikomeye ku Isi ngo bazaze mu irahira rye rizaba ku wa kabiri w’icyumweru gitaha. nike kyrie 2 tie dye the sole supplier Ku rutonde harimo Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, Xi Jinping w’u Bushinwa, Angela Merkel w’u Budage, na Barack Obama wahoze ayobora USA ndetse n’umunyemari Aliko Ndangote. Itsinda rishinzwe gutegura uko imihango yo kurahira izagenda rivuga ko imyiteguro y’irahira rya Kenyatta iri kugenda neza. snh k9747 sneakerboot nike roshe run uomo nero nero argento Ku rutonde rw’abatumiwe kandi harimo Perezida wa; Nigeria Muhamadou Bouhari, Yoweli Museveni wa Uganda, John Pombe Magufuli wa Tanzania, Jacob Zuma w’Africa y’epfo, Ellen Johnson Sirleaf wa Liberia, Uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Butaliyani Matteo Renzi, Umuyobozi muri Islam witwa Prince Imam Aga Khan IV, n’abandi. 16 reasons to not to buy air jordan 8 retro august 2018 runrepeat Umunsi Perezida azarahiriraho uzaba ari uw’ikiruhuko muri Kenya nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Standard. nike donna/nike air huarache donna Irahira nyirizina ntirigomba kuba mbere ya saa yine za mu gitondo cyangwa ngo ribe nyuma ya munani z’igicamunsi nk’uko Itegeko nshinga rya Repubulika ya Kenya ribitegeka.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *