Inteko yatoye umushinga w’itegeko ry’umurimo rishya rituma hajyaho imishahara fatizo mishya

Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite kuri uyu wa mbere yatoye itegeko rishya rigenga umurimo mu Rwanda rizatuma hajyaho imishahara fatizo mishya isimbura iyari imaze imyaka 34. Sindika z’abakozi mu Rwanda zimaze imyaka myinshi zisaba ko umushahara fatizo wakongera kuko ngo uriho umaze imyaka hafi 40 ari imbogamizi ikomeye ku iterambere ry’abakozi. toile air jordan 4 retro mi montante chaussures jordan pour homme Iyi nyandiko igaragaza ko umushahara wa mbere fatizo wagiyeho ku buryo buzwi mu Rwanda wari amafaranga abiri (2 Frw) ku munsi ni uwo mu 1949, waje gusimburwa n’uw’amafaranga 5 mu 1950, 2018 nuovo sconto adidas gazelle donna nuovo mm017 nawo wasimbuwe n’umushahara fatizo w’amafaranga 8.5 mu 1960, uza noneho kuzamuka cyane ugera kuri 60 mu 1974, hanyuma mu 1980 itegeko riwushyira ku mafaranga 100 ari naho ukiri uyu munsi. Ingingo ya 76 y’itegeko 130/2009 ryo kuya 27 Gicurasi 2009 mu itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, nike free rn oc sku 8714079 youtube riteganya ko imishahara fatizo igenwa hakurikijwe ibyiciro by’imirimo, nike air max 270 men s shoe nike 3241 igenwa n’Iteka rya Minisitiri ufite umurimo mu nshingano ariko ntibyigeze bishyirwa mu bikorwa biturutse ku mpamvu zishingiye ku mategeko. Hon Semahundo Amiel , Perezida wa Komisiyo y’Abadepite ishinzwe imibereho myiza y’abaturage yasobanuye ko mu itegeko rigenga umurimo ryatowe nyuma yo kuvugururwa ritanga ububasha ku iteka rya Minisitiri rigendanye n’umushahara fatizo, ibi ngo bikazatuma hashyirwaho imishahara fatizo kubera ko imbogamizi zari iryo tegeko. asics gel nimbus 20 tokyo marathon scarpe running donna amazon Ati “No mu mpamvu twihutiraga kugirango uyu mushinga w’itegeko utorwe, trainning scarpe nike air max 90 uomo nero x mhath ni ukugira ngo kimwe mu bizakorwa azabe ari ugushyiraho imishahara fatizo, kandi batubwira ko inyigo yabyo yakozwe, iri tegeko nirisohoka batwijeje ko bitazatinda kugira ngo iryo teka rizajye ahagaragara.”

Hon Semahundo Amiel
Ba rwiyemezamirimo ntibazongera kwambura abo bakoresheje

Ikibazo cya barwiyemazamirimo batsindiraga amasoko ya Leta ndetse n’ayigenga bagakoresha abakozi ariko ntibubahirize imishara yabo nabyo byahurijwe hamwe muri iri tegeko rivuguruye, harimo ingingo ivuga ko rwiyemezamirimo ukoresha abakozi akabambura azahatirwa kubahemba atabahemba ku bushake, urwego rwamuhaye isoko rugafatira amafaranga angana n’imishahara atahembye abakozi rukaba ari rwo ruhemba abo yakoresheje.