Mageragere: Umusore yatawe muri yombi agerageza kwinjiza urumogi muri gereza

Polisi mu Karere ka Nyarugenge ifatanyije n’abacungagereza bakorera muri gereza ya Mageragere, top qualite nike air max 97 femme meilleures marques daviddenardi5i02460 ku itariki ya 6 Nyakanga yafashe umusore w’imyaka 23 akekwaho kugerageza kwinjiza muri iyo gereza urumogi yari yaruhishe mu nkweto ubwo yari agiye gusura umugororwa.
Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, SSP Emmanuel Hitayezu, yabisobanuye avuga ko uyu mugabo yari yadodeye uru rumogi mu nkweto. Ati “Yaje gusura, air jordan 14 indiglo le site de la sneaker azana inkweto yazidodeyemo uru rumogi, air max 97 rose pale vinted nyuma yashatse kugurana inkweto n’umugororwa yari yaje gusura ngo asubire muri gereza yambaye izo yadodeyemo urumogi, ariko kuko abacungagereza bahora bari maso, sneakers 2016 nike air presto babonye ko muri izo nkweto hashobora kuba harimo ibintu bitemewe, barazimwaka bazisatuye basanga yadodeyemo urumogi, femmes balenciaga speed mid sneaker blanc 2 bahita bahamagara Polisi ya Mageragere iramufata umushyikiriza Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ngo bumukorere dosiye.” SSP Hitayezu yavuze ko abantu baba bashaka kwinjiza ibitemewe muri za gereza ko bitazabakundira, kuko umuntu ugiye gusura ufungiye muri gereza abanza agasakwa, kandi ko n’umugororwa umaze gusurwa mbere y’uko asubira muri gereza nawe asakwa. achat de ve nike air vapormax homme chaussures pas cher alainhemet Yavuze kandi ko n’ubwo bidakunze kugaragara cyane, hari ubwo abaje gusura bashaka kugusha abagororwa mu bindi byaha babazanira ibintu bitemewe muri gereza nk’inzoga, 13 reasons to not to buy nike free rn distance 2 august 2018 ariko ko abacungagereza bahora bakangurira abagororwa kubuza abo mu miryango yabo kubizana kuko bitemewe.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *