Guinée Equatoriale : Umugambi wo guhirika Leta wateguriwe mu Bufaransa

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga muri Guinée Equatoriale, Agapito Mba Mokuy, yatangaje ko ihirikwa ry’ubutegetsi riherutse kuburizwamo muri icyo gihugu ryateguriwe mu Bufaransa, nike air max 95 particle pink white contact us delivery returns icyakora avuga ko nta ruhare Leta y’u Bufaransa ibifitemo. new balance classics wl515 grigie rosa mint donna scarpe outlet
Mu ijoro ryo kuwa 27 Ukuboza 2017 rishyira kuwa 28, itsinda ry’abasirikare b’abakomando ryashatse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Theodoro Obiang Nguema Mbasogo, rinyuze ku mupaka w’icyo gihugu na Cameroun. nike air vapormax jd sports Icyo gihe iryo tsinda ryashakaga guhura n’abandi bashakaga guhirika ubutegetsi bari imbere mu gihugu, the best look yet at new off white x nike air vapormax styles coming bagahurira mu mujyi wa Ebebiyin uri mu birometero bisaga 50 uvuye aho Perezida yari aherereye icyo gihe. miniswoosh reaches hybrid heaven in the upcoming nike air vapormax Nubwo iki gihugu kivuga ko kigiye gufatanya n’u Bufaransa, new new balance 1300 uomo spaccio new new balance 1300 uomo Jeune Afrique dukesha iyi nkuru yatangaje ko umubano w’ibihugu byombi udahagaze neza nyuma y’aho mu Ukwakira 2017 ubucamanza bw’u Bufaransa bwakatiye imyaka itatu y’igifungo gisubitse umuhungu wa Perezida Mbasogo, Teodorin Obiang ndetse bukamuca n’amande ya miliyoni 30 z’amayero kubera imitungo yagiye abona mu buriganya. AFP iherutse gutangaza ko na Ambasaderi wa Guinée Equatoriale muri Tchad yatawe muri yombi kuko yagaragaye mu gace ka Ebebiyin, jordan men air jordan 6 retro black university blue bigakekwa ko na we afite uruhare mu iyo Coup d’Etat yapfubye.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *