Dore ibyo uzahura nabyo mu gihe ugiye gukundana n’ umukobwa wabyariye iwabo

Dore ibyo uzahura nabyo mu gihe ugiye...

Niba uri umusore ukaba ushaka gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo, ibi nibyo uzagenda uhuriramo nabyo mu rukundo rwanyu

1. mu rukundo rwanyu hazajya hivangamo abo bakundanye mbere yawe

mu gihe ugiye gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo, mu rukundo rwanyu rimwe na rimwe hazajya hivangamo abo bakundanye mbere, kuko uba utazi neza niba yarababajwe mbere yuko utangira kumukunda jya ubanza umenye ahahise he nabo bakundanye mbere yawe nicyo bagendaga bapfa bizagufasha kumenya uko muzabanamo muri urwo rugendo rw’urukundo rwanyu

2. rimwe na rimwe nta gihe gihagije azajya abona cyo ku kwitaho

ubushakatsi bwerekanye ko bene aba bakobwa igihe bagira cyo kwita ku bakunzi babo ari 10% mu gihe 90% baba bari kwita kubana babo bashaka kubaha ibyishimo bambuwe n’ababateye inda.

3. kubona urukundo rw’abana babo bikunze kugorana

mu gihe umwana yamenye se umubyara bya nyabyo, bizagorana gukomeza kuguha urukundo yarasanzwe aguha.

4. kongera kuzigama amafaranga nkuko bisanzwe bizagorana

nutangira gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo bizongera kugorana kuzigama amafaranga nkuko bisanzwe kuko uzajya wita no ku muryango we ariwe mwana we.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *