Niba ushaka gutera akabariro byihuse dore uburyo wakwifashisha

Gutera akabariro akenshi ni igikorwa kiba abashakanye bagiye kuryama cyangwa se bakangutse mu gitondo,dore ko umugabo wese mu masaha y’igitondo aba yumva ashaka imibonano mpuzabitsina kurusha umugore maze agahita amukangura niyo yaba agisinziriye.

Gutera akabariro kandi ni nacyo kintu abashakanye baha agaciro mu gitondo kurenza izindi gahunda zose ziba zigomba gukorwa mu gitondo.

Uburyo bwiza rero kandi bwakagombye gukoresha mu gitondo ni ubu bukurikira:

1.Iyo mwembi mukangutse kandi mugifite amavunane nta mpamvu yo kwivunisha cyangwa kwihwanyagura ngo mukoreshe imbaraga nyinshi ahubwo murapfumbatana bisanzwe nk’abantu biryamiye maze umugabo agakora ikigomba gukorwa kandi birangira neza nta mvune.

2.Guturuka inyuma,umugore yaba aryamye yubitse inda cyangwa apfukamye ku buriri ni uburyo abagabo bakunda cyane ariko bikaba akarusho iyo ari mu gitondo,abashakanye bagifite agashyuhe ko mu buriri.

3.Ubundi buryo bukoreshwa mu gitondo n’uburyo bwo kuzamura amaguru ku mugore akayashyira ku bitugu by’umugabo maze umugabo nawe akajya mu maguru neza y’umugore.

4.Umugore iyo aryamye agaramye umugore akamujya hejuru nabyo ngo ni uburyo bubanguka kandi bworohera abashakanye n’ubwo bamwe bavuga ko ari uburyo bushaje ariko mu mibonano mpuzabitsina nta buryo bushaje bubaho ahubwo abantu bagenda bavumbura ubundi buryo bakurikije bakurikije ibibaryohera.

5. Guterera akabariro mu bwiyuhagiriro nabyo ntako bisa kuko abantu iyo barebana batambaye cyane cyane ku bagabo iyo bareba ubwambure bw’abagore babo,bibakururira ubushake bwo gukora imibonano.

Ni byiza rero ko umugore n’umugabo bajyana mu bwiyuhagiriro mu gitondo nk’iyo mwese muri bujye ku kazi ntihakagire uwijyana kwiyuhagira asize mugenzi we kuko ngo ubu buryo bwo guterera yo akabariro ngo burashimisha cyane.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *