Mu Karere ka kicukiro kuhabona imirimo nu kubanza ukabisengera

Mu Karere ka Kicukiro itangwa ry’akazi n’ishyirwa mu myanya yako kubabitsindiye kandi bujuje ibisabwa biracyari ihurizo bitewe no kwirengagiza nkana ibikubiye mu mahame y’itangwa ry’imirimo cyangwa,ibi bigashingira ahanini ku ndonke,amarangamutima,cyangwa ruswa zitandukanye n’ubwo zo kenshi zitangwa mu ibanga rikomeye . Itegeko rigenga itangwa ry’akazi n’uko rivuga rirasobanutse ariko abafite inshingano zogutanga akazi cyangwa ikosora ryibizamini biba byakozwe, bakoresha uburyo bwose bwo kujijisha nyamara biyererutsa berekana ko bashyize amasoko y’akazi ahagaragara, bakanizeza ko bizakorwa mu mucyo, kandi akazi gafite abo bakageneye dore ko bajya gukora ni bizami bamwe muribo bafite kopi zijyanye n’ibisubizo ku bibazo bizatangwa n’ibindi…. nike roshe run breeze monochrome pack sbd aha bikaba aricyo gipimo cya Ruswa idapimishwa amaso kuko iba yaratanzwe mbere yuko habaho ikorwa ryibizami bitegura abahabwa imirimo. Minisitiri w’umurimo Rwanyindo Kayirangwa Fanfan(photo archive) Komisiyo y’abakozi ba leta yashyizweho mu mwaka wa 2008 hashingiwe ku itegeko nshinga rya Repeburika y’u Rwanda ryo mu mwaka wa 2003 ,n’itegeko rishyiraho imiterere n’imikorere byayo ryo muri 2007,ibyo byose byashyizweho kugirango inzego z’a leta ndetse niza bikorera, bajye babasha kubahiriza amahame yakazi nkuko itegeko ribigena kandi banakosa bagahanwa nitegeko nkuko bigenwa. jordan air jordan 11 retro low white university blue bei kickz Nkuko bisanzwe bigenda hirya no hino mu gihugu,hakorwa Raporo y’ubugenzuzi hagamijwe gusuzuma ibikorwa byose byubahiriza amategeko ari nako hafatwa ingamba nshya zo konoza imikorere. Ibyagaragaye mu Akarere ka Kicukiro hashingiwe kuri Raporo yakozwe na komisiyo mu kwezi kwa Mutarama uyu mwaka 2018 , yaje igaragaza uburiganya bwakozwe kandi bugambiriwe mu bizamini by’akazi byatanzwe n’akarere ka Kicukiro ku mwanya w’umuyobozi w’ikigo cy’amashuri EP Kagina ,aho umukandida Mukarugaba Agnes basanze afite impapuro ebyiri yakoreyeho ikizamini, ahambere afite amanota 27% ahandi akabona 77.5% ari nayo yamuhesheje ako kazi ko kuyobora icyo kigo. asics tiger gel lyte iii sneaker per donna rosa planet sports Komisiyo yari yateguye iryo genzura yahise itegeka ko ahita ahagarikwa ndetse n’ababigizemo uruhare bagakurikiranwa. nike air max flair black white sneaker sale 89 99 soleracks Meya wa Kicukiro Dr.Nyirahabimana Jeanne (photo archive) Dr.Nyirahabimana Jeanne uyobora akarere ka kicukiro mu ikiganiro yagiranye n’Itangazamakuru yavuzeko Mukarugaba Agnes yahagaritswe ,hakaba hari gutegurwa ibindi bizamini by’akazi, hakazatangwa amatangazo amenyesha ababishoboye bakaza guhatanira iyo myanya. Ikinyamakuru Imena cyamubajije kubijyanye nabagize uruhare rwo gutanga ibizamini nogushyira mubikorwa mugutanga imyanya abatabikwiriye ntiyagira icyo abivugaho avugako hakiri gukorwa iperereza ngo hatahurwe uwabikoze. migliore scarpe nike air max 97 donna italia altri colori nere blu Ni mugihe amakuru agera ku kinyamakuru Imena bivugwa ko bifitanye isano na bayobozi bakorana bya hafi harimo gushyirwa mu majwi,ushinzwe uburezi ndetse na Visi Meya ushinzwe imibereho myiza ko aribo bahaye Mukarugaba Agnes ibizamini bishubije, kuko ibyambere byari byamunaniye hakabaho kumukorera ibindi ,ari naho hacyekwa ko bahawe ruswa yo kugirango abone uwomwanya atarabikwiye. nike air max 2017 monochrome pack blanche femme chaussures Iteka rya Perezida wa Repubulika No.65/01 ryo kuwa 04/05/2014 rigena uburyo bwo gutanga ibihano ku bakozi ba leta, igika cya 9 n’icya 10, rivuga ko uwatanze akazi binyuranyije n’itegeko yirukanwa burundu mu kazi ka Leta ako ariko kose, ndetse no mu gitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda ( Code penal) kuva ku ngingo yayo ya 633 kugeza ku rya 634 uhasanga igisobanuro cya ruswa n’ubwoko bwa za ruswa n’ibihano byazo, ingino ya 634 ivuga ko umuntu wese usaba k’uburyo bweruye cyangwa buteruye, wakira ku uburyo buziguye cyangwa butaziguye, impano cyangwa indonke iyo ariyo yose, kuri we cyangwa ku uwundi muntu cyangwa wemera amasezerano yabyo kugirango agire icyo akora kiri mu nshingano ze cyangwa yifashishije imirimo ye, ahanishwa igifungo kuva ku myaka ibiri (2) kugeza ku myaka itanu (5) n’ihazabu y’amafaranga y’uRwanda yikubye inshuro kuva kuri ebyiri (2) kugeza ku icumi (10) z’agaciro k’indonke yakiriwe. Inkuru iracyakomeza ……

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *