Rubavu: Urubyiruko ruributswa kwikosoza kuri lisite y’itora

Urubyiruko rurashishikarizwa kwitabira gahunda yo kwikosoza no kureba ko amazina yabo yanditse neza ndetse baniyimura kubatarabashije gutorera aho batuye bakoresheje ikoranabuhanga rigezweho. air jordan 7 jordan 7 retro nothing but net Ibi ni ibyagarutsweho n’umuhuzabikorwa w’amatora mu ntara y’iburengerazuba Kalimunda Djamdi mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Imenanews.com. chaussure jordan femme nike air jordan 6 rouge femme air jordan 6 retro Kalimunda Djamdi Musabyimana Adjira afite imyaka 20 y’amavuko atuye mu murenge wa Rugerero nawe ntiyatanzwe mugukurikirana uko amatora azaba ameze. adidas court vantage noire chaussures adidas chausport Yagize ati “ Abaseseri bagiye badusanga mu ngo batwibutsa ko buri muntu wese akwiriye kwegera ibiro by’akagali akarebako amazina ye ahuye na nimero y’indangamuntu mu rwego rwo kwikosoza kuri lisite y’itora.” Umuyobozi ushinzwe umutungo mu murenge wa rugerero Birori Synese avuga ko urubyiruko rukwiye kwikosoza kuri lisiti y’itora kugirango badacikanwa mu gutora abayobozi bifuza. nike air max 2016 release date sneaker bar detroit Yagize ati“Urubyiruko ntirukunda kumenya uburyo rwiyimura kuri lisite y’itora bityo bigatuma natwe tutabemerera gutora cyangwa kubongera ku mugereka kuko baba batarujuje ibisabwa,bityo bakaba bakwiye kubigiraho ubumenyi.” Nubwo urubyiruko rwifuza gutora,

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *