Perezida Trump yisubiyeho ku magambo yavuze ku kwivanga k’Uburusiya mu matora

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego z’ubutasi z’Amerika ko Uburisiya bwivanze mu matora ya perezida yabaye muri Amerika mu mwaka wa 2016 nubwo bwose yari yabihakanye umunsi umwe mbere yaho.

Yavuze ko ku wa mbere ururimi rwe rwanyereye, 2017 perfetto nike free 5 0 donna vendita qianxue282 ko ahubwo yashakaga kuvuga ko nta mpamvu n’imwe afite yo kutemeza ko Uburusiya bwivanze mu matora yo muri Amerika. Amagambo yavuze ku wa mbere, 7 reasons to not to buy nike kyrie s1 hybrid august 2018 runrepeat nyuma gato y’inama yagiranye na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya mu murwa mukuru wa Finlande, nike air max 270 flyknit men s shoe nike Helsinki, acquista scarpe adidas superstar uomo verdi adidas superstar uomo yatumye Bwana Trump anengwa bikomeye. achat adidas neo low homme achat vente basket yeezy boost blanc Ndetse na bamwe mu bamushyigikiye bari bamusabye kwisobanura neza ku magambo yavuze ku wa mbere. now available women s nike air max 97 premium snakeskin pink Mu magambo ye ya vuba aheruka, Bwana Trump yavuze noneho ko yizera kandi ashyigikiye inzego z’ubutasi za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. nike air max 2017 uomo grigie Bwana Trump yavuze ko ukwivanga k’Uburusiya nta ngaruka byagize ku byavuye mu matora yatsinzemo uwo bari bahanganye Hillary Clinton.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *