Umugore w’uwahoze ari prezida wa Amerika George HW Bush yapfuye

Barbara Bush, umugore w’uwahoze ayoboye Amerika akaba yari asanzwe yaritangiye amashirahamwe y’abagore yapfuye afise imyaka 92. air jordan 12 retro dark grey 130690 005 kicksstore eu
Barbara yari umugore wa Perezida wa 41 wa USA, George H.W.Bush, akaba na nyina wa Perezida wa 43 w’iki gihugu cy’igihangange, George W.Bush. Itangazo ryasohowe n’umuryango wa ba Bush ku cyumweru, rivuga ko Barbara Bush wapfuye kuri uyu wa kabiri, yari yararenzwe n’indwara y’ibihaha ndetse n’umutima. nike nike air air jordan xiv femme soldes pas cher les derniers coque iphone pas cher Umuvugizi w’umuryango, Jim McGrath, yavuze ko ‘bagendeye ku nshuro yagiye mu bitaro ndetse n’ibyatangajwe n’abaganga bari bafashe icyemezo cyo kutongera kumuvuza ahubwo akitabwaho by’umuntu uri mu minsi ye ya nyuma. air jordan 32 bred nike 2041 coque huawei soldes Umuhungu we George W. nike air max 2017 blanche 1799 Coque Huawei 2018 Bush yavuze ko nyina yabaye umugore w’Umukuru w’Igihugu n’umubyeyi utangaje wabahoraga hafi, akabasekera ndetse n’abandi bose akabereka urukundo rudasanzwe binyuze mu mishinga y’uburezi yakoze. Achat coque huawei pas cher Barbara Bush yabaye umugore w’Umukuru w’Igihugu ubwo umugabo we yayoboraga USA kuva mu 1989 kugeza 1993, ndetse n’umuhungu we George W. Coque Huawei En Ligne Bush atsinda amatora yo mu 2000 ayobora kuva mu 2001 kugeza 2009. nike kwazi for women Umugabo we kuri ubu afite imyaka 93, ni we mukuru w’igihugu uramye imyaka myinshi muri Amerika.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *