Rubavu: Abagabo batatu bafatiwe mu cyuho babaga inka bibye
Abashumba batatu bo mu Karere ka Rubavu batawe muri yombi bashinjwa kwiba inka y’uwitwa Kariwabo Japhet, ubuyobozi bubatesha batararangiza kuyibaga.
![]()
Abashumba batatu bo mu Karere ka Rubavu batawe muri yombi bashinjwa kwiba inka y’uwitwa Kariwabo Japhet, ubuyobozi bubatesha batararangiza kuyibaga.
![]()
Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yageze i Cairo mu Misiri, aho yitabiriye inama ikomatanije yiga ku bibazo bya Libya n’ibibazo
![]()
Perezida Abdel Fattah El-Sisi wa Misiri yatumije inama idasanzwe y’abategetsi b’ibihugu bimwe na bimwe by’Afurika igamije kwiga ku bibazo bya
![]()
Igerageza ryagutse rya mbere ku isi ry’urukingo rwa malaria rigiye gukorerwa muri Malawi, kuri ubu abana barahabwa uru rukingo ngo
![]()
Iminsi irindwi irihiritse abagabo babiri baburiwe irengero nyuma yo kugwirwa n’ikirombe kiri mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga
![]()
Abantu bataramenyekana batemye inka y’uwitwa Dusengimana Emmanuel wo mu Karere ka Rubavu, nyirayo agahamya ko byakozwe na baramu be. Mu
![]()
Umushumba wa kiliziya gatolika Papa Francis yogeje ibirenge imfungwa zifungiwe muri gereza yo mu gace kitwa Velletri mu Butaliyani ndetse
![]()
Abantu batatu barimo abasirikare babiri ba leta baguye mu kurasana hafi y’Umujyi wa Beni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,
![]()
Kuri uyu wa Kane Taliki ya 18 Mata, Umuryango Never Again Rwanda wahuje urubyiruko rwo mu nama nkuru yarwo, hagamijwe
![]()
Ubuyobozi butegura inama ya Transform Africa bwemeje ko umushoramari akaba n’impuguke mu bwirinzi bw’ikoranabuhanga, Eugene Kaspersky, ari umwe mu bazitabira
![]()