RDC :Abantu 500 baguye mu mvururu zatewe n’umurambo
Amoko 2 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yarwanye aramarana apfa ko ubwoko bumwe bwashatse guhamba umurambo w’umukuru wabwo mu
![]()
Amoko 2 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yarwanye aramarana apfa ko ubwoko bumwe bwashatse guhamba umurambo w’umukuru wabwo mu
![]()
None kuwa 12 Werurwe 2019 hateranye inama ngarukamwaka kunshuro yayo ya gatanu y’Ikigo cy’ubushakashatsi mu iterambere ry’ubukungu (EPRN),hagamijwe kwigira hamwe
![]()
Abunganira mu mategeko Jean-Pierre Bemba wahoze ari umukuru w’inyeshyamba akaza no kuba Visi-Perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, bavuga
![]()
Perezida Abdelaziz Bouteflika wa Algeria, yahagaritse umugambi wo kwiyamamariza manda ya gatanu, igitekerezo cyateje imyigaragambyo ikomeye yari imaze ibyumweru bitatu.
![]()
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta uri mu ruzinduko rw’ akazi mu Rwanda yavuze ko atewe ishema no kuba u Rwanda
![]()
Inteko ishingamategeko ya Ethiopia yatangaje umunsi w’icyunamo hibukwa abapfiriye mu mpanuka y’indege ya kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines. Abagenzi baturuka
![]()
Ikigo gishinzwe iby’indege mu Bushinwa, cyabwiye ibigo bitwara abagenzi muri iki gihugu kuba bihagaritse ikoreshwa ry’indege za Boeing 737 MAX
![]()
Bimwe mubyaha bidasaza byagarutsweho n’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Transparency-Rwanda bwana Mupiganyi Appollinaire aho yatanze ikaze mu batumirwa bakurikiranye ibiganiro mukurwanya no
![]()
Umuntu utaramenyekana yagiye ku biro bya komisiyo yigenga ya Nigeria (INEC) biherereye mu gace kitwa Akwa Ibom arangije arabitwika ibikoresho
![]()
Umugabo wo mu Budage yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo kuroga amafunguro ya saa sita y’abo bakorana, bigatuma umugabo umwe
![]()