Antonio Guterres arasaba ihagarikwa ry’intambara mu gihe Isi yugarijwe na COVID-19
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ONU Antonio Guterres ejo kuwa mbere yasabye ko intambara zirimo zibera mu bice bitandukanye kw’isi zahagarara,
![]()
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ONU Antonio Guterres ejo kuwa mbere yasabye ko intambara zirimo zibera mu bice bitandukanye kw’isi zahagarara,
![]()
Umuyobozi w’Ikirenga wa Irani Ayatollah Ali Khamenei yatangarije kuri televiziyo i Teherani, muri Irani ko igihugu cye kitazemera inkunga ya
![]()
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yongeye kwibutsa abacuruzi ko ntawemerewe kuzamura ibiciro by’ibicuruzwa, byaba ibikorerwa mu Rwanda cyangwa ibituruka hanze y’igihugu.
![]()
Ku makuru yatanzwe n’abaturage Polisi yafashe uwitwa Benimana Chantal arimo kuranguza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya Bonne Chance.
![]()
Mu rwego rwo gufatanya na Leta mu kurwanya ikwirakwira rya Coronavirus, Sosiyete y’Itumanaho ya Airtel Rwanda yongereye igihe cya Poromosiyo
![]()
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (Minicom) yatangaje ibiciro by’ibicuruzwa bimwe na bimwe bitagomba kurenzwa ku maguriro yo hirya no hino mu gihugu,
![]()
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Werurwe 2020 umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police
![]()
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Ron Adam yatangaje ko kubera icyorezo cya Coronavirus gikomeje kwibasira ibihugu byinshi harimo n’u Rwanda
![]()
Minisiteri y’Ubutabera yamenyesheje abayigana basaba serivisi zitandukanye, ko bashobora no kuzisaba bakoresheje telefoni zabo zigendanwa, mu rwego rwo gukumira ikwirakwizwa
![]()
Ikigo gishinzwe ibiribwa n’imiti (Rwanda Food and Drugs Authority -FDA) cyasabye abatumiza hanze n’abakora ibikoresho by’isuku muri rusange, abakora udupfukamunwa
![]()