Abanyarwanda 7 bavuye muri Uganda bavuga ko bakorewe iyicarubozo
Kuri uyu wa Gatatu ku gicamunsi, ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare ubuyobozi bwakiriye Abanyarwanda 7 barimo umwana
Kuri uyu wa Gatatu ku gicamunsi, ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare ubuyobozi bwakiriye Abanyarwanda 7 barimo umwana
Mu gihugu cy’u Bwongereza hari hamaze iminsi havugwa virusi nshya ishingiye kuri COVID-19 yiswe B.1.1.7, yatumye iki gihugu kirushaho gukaza
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yashyize umukono ku mategeko atatu agamije gusubiza hamwe imiryango y’abimukira yari
Perezida Paul Kagame yifurije Abanyarwanda umunsi mwiza w’Intwari avuga ko nubwo bawizihije bari mu bihe bidasanzwe byatewe n’icyorezo cya COVID-19,
Intwari z’u Rwanda ziri mu byiciro bitatu hakurikijwe ibikorwa byindashyikirwa zakoze bikaba ari byo Imanzi, Imena n’Ingenzi nk’uko byatangajwe n’Urwego
Iyo uganiriye n’abana bo mu muhanda abenshi bakubwira ko bafashe umwanzuro wo kujya mu muhanda bitewe n’ibibazo birangwa mu miryango
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC kiratangaza ko abantu bakuru na bo bagiye kujya bahabwa ibinini by’inzoka nk’uko bihabwa abana bato. Kuri
Ikigo cya Google cyatangaje ko kigiye gushyira kuri Google Map uduce tuzajya dutangirwaho inkingo za Coronavirus muri Leta Zunze Ubumwe
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Ndagijimana Uzziel, yatangarije RBA ko bitarenze uku kwezi kwa mbere haba hamaze kumenyekana impinduka ku musoro
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryasabye ko hatangira gukoreshwa impeta ishyirwa mu gitsina cy’umugore yifitemo umuti wa dapivirine,