Gukendera kwa Bibiliya biteye inkeke ku bazikoresha
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uvuga ko mu Rwanda hari Bibiliya nke. Ni ikibazo abayobozi b’uyu muryango bavuga ko gikomeye
![]()
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uvuga ko mu Rwanda hari Bibiliya nke. Ni ikibazo abayobozi b’uyu muryango bavuga ko gikomeye
![]()
Ubushakashatsi bwakozwe ku muco nyarwanda n’indangagaciro zawo hagendewe ku gitabo “Imyambarire y’ Abanyarwanda mu ndorerwamo y’ umuco n’ iterambere.” cyamuritse
![]()
Abanyeshuri bagera kuri magana abiri 200 bahawe ikaze muri Kaminuza y’u Rwanda baturutse muri Sudan, aho baje gukomereza amasomo yabo
![]()
Hashingiwe kuba umubare munini w’Abanyarwanda bakora umurimo wo guhinga ndetse ukanabinjiriza inyungu, yewe n’ibitunga abanyagihugu bikava muruyu murimo wo guhinga,
![]()
Umuyobozi w’Inyange avugako kuba hari abashidikanya ko amata yabo bafite ibindi binyabutabire bongeramo kugirango abashe kuramba, ubu bagiye gusobanukirwa neza
![]()
Umuryango OIPPA (Organization for Integration and Promotion People with Albinism) uharanira uburenganzira bw’abafite ubumugu bw’uruhu mu Rwanda nyuma yo kwakira
![]()
Abanyeshuri barenga Magana abiri 200 bajyanywe mu bitaro nyuma yo kurya uburozi Ibi byabaye kuruyu wa kane tariki 20 Nyakanga
![]()
Ururimi rw’amarenga rwabaye ururimi rwa 12 mu ndimi z’igihugu zikoreshwa muri Afurika y’Epfo. Perezida Cyril Ramaphosa yemeje ku mugaragaro umushinga
![]()
Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko hakenewe imbaraga mu kubaka ubushobozi bw’abagore mu bijyanye n’umusanzu batanga mu guteza imbere ubuvuzi bugezweho.
![]()
Abanyeshuri bari bamaze igihe kingana n’umwaka bahugurwa n’ishuri rya ADHI Academy ryigisha ubwubatsi bugezweho hakoreshejwe ibyuma bya “light steel framing”
![]()