Kongo yatangaje ko indwara y’iseru yabaye icyorezo
Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yatangaje ko indwara y’iseru (cyangwa agasama mu Kirundi) yabaye icyorezo muri iki gihugu. Minisiteri y’ubuzima
![]()
Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yatangaje ko indwara y’iseru (cyangwa agasama mu Kirundi) yabaye icyorezo muri iki gihugu. Minisiteri y’ubuzima
![]()
Urwego rw’umuvunyi ruratangaza ko rwafashe ingamba zo gukaza umurego mu gukurikirana no guteza cyamunara imitungo y’abantu bahamwe n’icyaha cya ruswa.
![]()
Ubuyobozi bukuru bw’Abinjira n’Abasohoka bwakuyeho impungenge ku bantu batekerezaga ko ibiciro bya pasiporo byahinduwe, nyuma y’ibiciro byatangajwe mu Iteka rishya
![]()
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Angola bombi bakiriwe na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo
![]()
Umukino wa nyuma wa shampiyona y’u Rwanda, Azam Rwanda Premier League, ugomba guhuza Rayon Sports na Marine FC wimuwe nyuma
![]()
Umuyobozi Mukuru wa Boeing, Dennis Muilenburg, yasabye imbabazi ku bw’impanuka ya Ethiopian Airlines iherutse kuba igahitana ubuzima bw’abagenzi yari itwaye.
![]()
Umuhungu w’umunyamabanga wa mbere wa ambasade y’u Rwanda mu Burusiya kuri uyu wa gatatu yahanutse muri etage ya 21 y’inzu
![]()
Abaturarwanda bose bibukijwe ko kunywera itabi mu ruhame bibujijwe kandi ko bihanwa n’itegeko, mu gihe bikomeje kugaragara ko hari abatabyitaho
![]()
Abashyigikiye Uhuru Kenyatta barasaba visi perezida we William Ruto kwegura kuko yatangiye ‘imburagihe’ kwiyamamariza gusimbura shebuja mu matora ya 2022
![]()
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, Ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba bwahuye n’abaturage bo mu Mirenge ya Tabagwe na Rwempasha, bagirana
![]()