Umubare w’abarwayi ba COVID-19 mu Rwanda wiyongereye bagera kuri 36
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko kuri uyu wa mbere tariki 23 Werurwe 2020 mu Rwanda hagaragaye abandi bantu 17
![]()
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko kuri uyu wa mbere tariki 23 Werurwe 2020 mu Rwanda hagaragaye abandi bantu 17
![]()
Umuhanzi w’umunyabigwi wo muri Cameroon Emmanuel N’Djoke Dibango uzwi mu muziki ku izina rya Manu Dibango, yitabye Imana nyuma y’iminsi
![]()
Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko muri icyo gihugu habonetse abandi barwayi umunani bashya ba COVID-19, umubare w’abamaze kumenyekana bagaragayeho
![]()
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yongeye kwibutsa abacuruzi ko ntawemerewe kuzamura ibiciro by’ibicuruzwa, byaba ibikorerwa mu Rwanda cyangwa ibituruka hanze y’igihugu.
![]()
Leta ya Uganda yemeje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Werurwe 2020, hagaragaye umuntu wa mbere wanduye icyorezo cya
![]()
Lorenzo Sanz wahoze ari Perezida w’ikipe ya Real Madrid yaraye apfuye nyuma yo kujyanwa mu bitaro arwaye coronavirus. Sanz wari
![]()
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abandi banyarwanda babiri banduye Coronavirus umubare w’abanduye ugera kuri 19. Abanduye ni Abanyarwanda babiri bakoreye ingendo
![]()
Rutahizamu Robert Lewandowski wa Bayern Munich n’umugore we Anna batanze imfashanyo ya miliyoni imwe y’ama-euro (ni arenga miliyari mu mafaranga
![]()
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwasabye abamotari gukuraho ibirahuri bitwikira mu maso h’umugenzi ku ngofero (casques) yambara igihe bamutwaye, runibutsa abagenzi kwitwaza
![]()
Ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima [RBC]kiravuga ko abantu 7 bafite indwara ya COVID-19 Coronavirus bari kwitabwaho n’abaganga babihuguriwe ku buryo ubuzima bwabo
![]()