Abahagarariye Uburusiya birukaniwe rimwe m’uburayi na Amerika

Inkuru dukesha BBC iravuga ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yirukanye abadipolomate 60 b’Abarusiya kubera ikibazo igihugu cyabo gifitanye n’u Bwongereza we ahamya ko ari inshuti y’akadasohoka kubanyamerika kandi ko atagomba kurebera igihe hari uyikoze mu jisho. air jordan 9 retro low baskets jordan homme noir gym rouge blanc
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza,Theresa May, aherutse kwirukana abadipolomate 23 b’u Burusiya, igihugu ashinja kuba cyaragize uruhare mu irogwa rya Sergei Skripal n’umukobwa we. saldi estivi nike uomo air max 97 og qs silver bullet argento nere Sergei warogewe mu Bwongereza ku wa 4 Werurwe 2018, yahoze ari intasi y’u Burusiya. Hari ibindi bihugu byafashe iyambere bikora nk’ibyo Amerika yakoze kuko n’u Budage ndetse n’u Bufaransa, byavuze ko buri gihugu kizirukana abadipolomate bane; n’ibindi bihugu by’i Burayi byemeye gukurikiza iyo nzira. 2017 acheter nike air max 97 homme grossiste wapney720 Abayobozi b’Umuryanago w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bemeranyijwe mu cyumweru gishize ko u Burusiya bwaba buri inyuma y’irogwa rya Sergei Skripal, watezwe uburozi bw’ubumara i Salisbury. nike air max 2018 running shoes buy nike air max 2018 running U Burusiya bwahakanye ibyo bushinjwa ahubwo nabwo bwirukana abadipolomate b’Abongereza. Uretse kwirukana abadipolomate, USA izanafunga ibiro bya Ambasade y’u Burusiya Hatangazwa ko muri Ambasade y’u Burusiya muri USA hakorera abadipolomate 48, abandi bakorera ku cyicaro cya Loni i New York. Skripal yari umusirikare wakoraga mu rwego rw’ubutasi ariko ari mu kiruhuko cy’izabukuru. prodotti limitati piu venduti blu scuro bianche rosa donna Yageze mu Bwongereza mu 2010 nyuma yo kurekurwa na gereza mu Burusiya. Yafunzwe mu 2006 azira ibikorwa by’ubutasi yakoreye u Bwongereza no gutanga imyirondoro y’abakozi b’urwego rw’iperereza b’u Burusiya akayiha Urwego rw’Ubutasi bw’u Bwongereza. nike internationalist donna fucsia rosa bianche logo scarpe Umuvugizi muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Uburusiya , Maria Zakharova, yanenze imyitwarire y’Umuryango w’Uburayi, avuga wabikoze ushaka gusa kwifatanya n’Ubwongereza.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *