Umunyarwandakazi yashyizwe mu bagize inteko rusange ya Komite mpuzamahanga Olempike.

Mme Rwemarika Félicitée, visi perezida wa Komite Olempike y’u Rwanda yashyizwe mu kanama gashinzwe ubukangurambaga no gufasha abantu b’ingeri zose gukora siporo

JPEG - 92.1 kb
Rwemarika Felicitee, ukuriye Komisiyo y’umupira w’amaguru w’abagore muri FERWAFA.

Nk’uko tubikesha Komite Olempike y’u Rwanda, Perezida wa Komite mpuzamahanga Olempike Thomas BACH, yagize umwe mu mu bagize inteko Rusange ya Komite Mpuzamahanga Olempike, akaba asanzwe ari Visi-Perezida wa Komite Olempike y’u Rwanda, akanaba Umuyobozi wa Komisiyo y’umupira w’amaguru w’abagore muri Ferwafa.

JPEG - 73.4 kb
Rwemarika Felicitee, uheruka no guhabwa igihembo mpuzamahanga

Usibye kandi kuba yagiriwe iki cyizere, umwaka ushize nabwo yari yegukanye igihembo cy’umunyafurikakazi wabaye indashyikirwa mu guteza imbere abagore binyuze muri siporo “IOC Women and Sports Award for Africa 2016”,

 

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *