Rusizi:Hari abasigaye bahinga urumogi rwihishwa

Mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Rusizi hagaragaye bamwe mu baturage bahinga Urumogi bakaruvanga n’imyaka mu rwego rwo kujijisha. air jordan 1 high passport all sta chaussures baskets offciel pas

Byatangarijwe mu nama y’umutekano yaguye y’ako karere yabaye ku itariki ya 09 Mutarama 2018.

Urwo rumogi rwagaragaye mu mirima imwe y’abaturage bo mu mirenge ya Nkanka, Gitambi na Gihundwe. Abanyamabanga nshingwabikorwa b’iyo mirenge bahamya ko usibye kuba bamwe mu baturage baruhinga, rusigaye runacuruzwa n’abageze mu za bukuru; nk’uko umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Nkanka Uwambaje Aimee Sandrine abivuga. chaussure nike femme pas cher nike air max femme 2018 premium Agira ati “Hari umuturage bari baratugaragarije, tugeze iwe tubonayo ibintu bidasanzwe njyewe nakekaga ko ari imyumbati, baravuga ngo ni urumogi turebye igiti cya mbere dusanga ni urumogi icya kabiri ni urumogi dusanga umurima wose yawutambagije urumogi.” Nubwo abayobozi b’imirenge bahamagarirwa kurwanya urwo rumogi, bamwe muri bo bavuga ko bataruzi kuburyo basabye kubanza kurwerekwa kugira ngo nibarubona mu mirima barurandure. nike air max australia sneakers sale bobby georgescu Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi, Harelimana Frederic avuga ko bagiye kugenzura imirima itandukanye y’abaturage bareba niba nta rumogi bahinga kugira ngo barurandure. mens air jordan 28 black gold shoes Agira ati “Twemeje ko tugiye kugera mu miryango yabo (y’abaturage) tukareba imirima y’aho batuye, tukareba ‘ese nta rumugi baba bahinga! Mu mirima ikikije ingo zabo tugiye kubikora mu buryo buhoraho dufatanyije n’abaturage.” Abanyarusizi bavuga ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge kibahangayikishije cyane. sito ufficiale uomo adidas stan smith scarpe royal blu nero adidas Bavuga ko bamwe babyishoramo bagakora ibikorwa bihungabanya umutekano birimo kurwana no kwiba.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *