Ububiligi bwahaye icyubahiro Patrice Lumumba

Mu kwitirira Patrice Lumumba, wabaye ministiri w’intebe wa Kongo, agace ko mu murwa mukuru Buruseli, impirimbanyi ziravuga ko Ububiligi bwateye intambwe mu kwemera amateka yabwo mabi mu gihe cy’ubukoloni..

Abantu babarirwa mu magana bagizwe ahanini n’abatuye mu gace kiganjemo Abanyekongo kazwi nka Matongé, bavugije impundu ubwo ahitwa “Bastion Square” hahindurirwaga izina ku mugaragaro. Ubungubu hagiye kwitwa “Patrice Lumumba Square”, bikorerwa mu birori byabaye mu mpera y’icyumweru gishize. nike air jordan release dates 2018 sneakers magazine Bamwe mu bo mu muryango wa Patrice Lumumba, wishwe urw’agashinyaguro azize guharanira ubwigenge bwa Kongo, nabo bari mu bitabiriye ibi birori. Ububiligi, bwahoze bukoloniza Repubulika y’ubutegetsi bwa demokarasi ya Kongo, bwasabye imbabazi kubera kugira uruhare mu rupfu rwa Bwana Lumumba.

Nguko uko Rumumba yajyanywe
Benshi mu bafashe ijambo muri ibyo birori, banenze ukuntu ahandi mu mujyi wa Buruseli hakiri ibibumbano by’amashusho ya Leopold II wahoze ari umwami w’Ububiligi, nubwo bwose ingoma ye yakoze ibikorwa by’ubunyamaswa muri Kongo mu gihe cy’ubukoloni. nike kobe ad ep a d mid rise mamba bryant obsidian orange asia men 4509 Hari mu mpera y’ikinyejana cya 19 no mu ntangiriro y’ikinyejana cya 20. Itsinda ry’impirimbanyi zo mu Bubiligi ryashyize aya mafoto ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter zigaragaza ibyapa bishya by’ako gace kitiriwe Patrice Lumumba. Ryavuze ko ari ingenzi ko amafoto y’abantu b’ingenzi mu mateka y’Afurika yajya ashyirwa ahantu hahurirwa n’abantu benshi kugira ngo umurage wabo “ugaragare kandi ntiwibagirane” ku bantu bo mu bisekuru bizaza. nike jordan 23 edition international college of management sydney Bwana Lumumba yakuwe ku butegetsi mu mwaka wa 1960 bigizwemo uruhare n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi – birimo n’Ububiligi bwahoze bukoloniza Kongo – hashize gusa amezi ageze ku butegetsi. Yahise ashyikirizwa abanzi be, nuko yicirwa muri gereza mu kwezi kwa mbere mu mwaka wa 1961. nike flyknit racer golf shoe man of many Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Ubwongereza nabyo byashinjwe kugira uruhare mu iyicwa rya Lumumba, wari ufitanye imigenderanire ya hafi n’icyahoze ari Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti, kuri ubu ni Uburusiya. nike air max 95 rose pale english food Philippe Close, umuyobozi w’umujyi wa Buruseli, yagize ati: “Mu gutaha ku mugaragaro aka gace, ntabwo turimo gusana amateka, ntabwo turimo guhanagura igice cy’amateka”.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *