Raila Odinga aritegura kurahira nka Perezida w’Abaturage ba Kenya

Raila Odinga uhagarariye ihuriro ry’Amashyaka atavuga rumwe na Leta, scarpe running donna originali nike air max 2017 meta prezzo yatangaje ko ari mu myiteguro yo kurahira nka Perezida watowe n’abaturage kuwa 12 Ukuboza 2017. Raila Odinga wari wateguye umugambi wo kuburizamo irahira rya Perezida, ap095 caldo ufficiale autentici a buon vendita nike air max 90 rosa Uhuru Kenyatta ariko Polisi ya Kenya ikamukoma mu nkokora , acquistare a buon mercato adidas originals scarpe bianco sneakers yahise atangaza ko agiye kurahiririra kuyobora Kenya nk’Umuperezida watowe n’abaturage. Kuri uyu wa 28 Ugushyingo, air jordan xxx 30 chaussures air jordan pas cher pour homme boutique ubwo abapolisi bageragezaga kumuhagarika mu bikorwa by’imyigaragambyo yarimo n’abamushyigikiye bashaka kurogoya irahira rya Uhuru Kenyatta, lu8186 2017 negozio italia new balance 530 donna scarpe da yabwiye abapolisi ko atazigera na rimwe acika intege kuko ari we Perezida w’ukuri wa Kenya watowe n’abaturage. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Ugushyingo 2017 nibwo Uhuru Kenyatta yarahiriye kuyobora igihugu cya Kenya, umuhango wabereye mu mujyi wa Nairobi muri sitade ya Kasarani ndetse ukaba waritabiriwe n’abaperezida bagera kuri 13 harimo na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame. Uhuru Kenyatta yatsinze amatora yo kuwa 26 Ukwakira 2017 yasubiwemo nyuma yo kuba ayabanje yo kuwa 8 Kanama 2017 yari yateshejwe agaciro n’urukiko rw’ikirenga muri iki gihugu.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *