Museveni abona Trump nk’umunyakuri

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yashimangiye ko akunda bidasanzwe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump ngo kuko ibyo ajya avuga kuri Afurika byose ari ukuri.

Ibi Perezida Museveni yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki 23 ubwo yafunguraga inama y’inteko rusange y’Abadepite bahagarariye ibihugu byabo mu Nteko y’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, (EALA), yateraniye i Kampala muri Uganda.

Mu ijambo rye Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko ibyo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump ahora avuga kuri Afurika ari ukuri. produits coque huawei Mu minsi ishize nibwo Perezida Donald Trump yavuze amagambo atarakiriwe neza mu matwi y’Abanyafurika aho yagereranyije ibihugu bya Afurika n’Imisarane (Shitholes), ibintu abayobozi batandukanye bo kuri uyu mugabane bamaganiye kure bagaragaza ko Trump yatandukiriye. coque iphone for sale Perezida Museveni we yagaragaje kwitandukanya na bamwe mu bayobozi b’ibihugu bya Afurika banenze imvugo ya Perezida Trump, aho we yagaragaje ko ibyo Trump yavuze ku mugabane wa Afurika aribyo koko. coque huawei Yagize ati “Ni ubwa mbere mu mateka Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigize umuyobozi mwiza. Achat Coque iPhone Njye Trump naramukunze cyane kuko ibyo ahora avuga kuri Afurika byose ni ukuri. coque iphone outlet store Abanyafurika bakwiye kumenya ko aribo bagomba gufata iya mbere mu kwikemurira ibibazo, gusa ntabyo bazi kuko barananiwe.” BBC itangaza ko mu bantu batashimishijwe n’amagambo ya Amerika harimo n’abayobozi bo ku mugabane w’i Burayi, nk’aho Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron ku Cyumweru yatangarije iki kinyamakuru ko nawe atashimishijwe n’ibyo Trump yavuze ku bihugu bya Afurika.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *