Izamuka ry’ibiciro by’Impapuro z’isuku zihangayikishije abagore n’abakobwa

Abagore n’abakobwa  bakoresha  impapuro z’isuku bazi ku  izina (cotex/Pads)  baratabaza  leta igiciro cyiyongereye , ko cyagabanuka  nkuko byemeje mu nama y’abaminisitiri yaherukaga kuba bikubahirizwa.  Ibikandi byiyongera  ko  ntabushobozi bafite  bwo kugura ibyo bikoresho by’isuko.  Ko ntagikozwe ko bakwicwa n’umwanda .Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yakuyeho umusoro ku bacuruzi batumiza impapuro z’isuku hanze.  ibi kandi bigaragara mumvugo za bagore n’abakobwa bo mu bice bitandukanye by’igihugu bavuga ko izi mpapuro z’isuku zarushijeho guhenda.Bagira bati”. “ twumvishe ko ibi biciro bigiye kugabanuka,  turishima ariko dutangazwa n’ uko aho kugabanuka  ahubwo byarushijeho kuzamuka.” Oliva uwiduhaye  n’umwe  mubakobwa  ukoresha   cotex cyangwa impapuro z’isuku  yadutangarije amafaranga  ayigura                                                     

Yongeyeho ko kuba igura  igihumbi ahembwa ibihumbi cumi na bibiri  12000frws,ko bimugora kuko atabona ayo yoherereza imiryango we  kubera ko ajya mu mihango inshuro ebyiri buri kwezi akaba asaba leta ko yashyiraho ingamba zihamye  zo kugabanya imisoro kumpapuro z’isuku  kuko  kuko nkatwe tudafite amafaranga twazajya duca kubantu tukabanukira.Ngarambe uwikirezi  yatangarije

ikinyamakuru imenanews.com akibwira ingorane yahuye nazo muri bino bihe bya corona ,agira Ati.”Mfite abana batanu  babakobwa abo  bose bagejeje igihe cyokujya mu mihango ikindi ni abanyeshuri, njye none kurubu ndahangayitse  kuko ntakiri mukazi nkaba ntabona uko ngirira abana ibikoresho by’isuku ikindi n’uko biga “.Murumva  iyo bagiye mu mihango binsaba kubigisha uko bakoresha ibitambaro nkabasaba kuzajya ku ishuri kugirango bataza gukora urugengo runini bakaza kunukira bagenzi babo.”Ibi njye mbibonamo imbogamizi ikomeye cyane Yuko mbabuza gukurikirana amasomo yabo mugihe gikwiye.Nkaba nsaba leta ko yashyiraho itegeko ribuza abacuruzi  kuzamura ukobabonye
Sugira Aime n’umucuruzi ucuruza Rweru yatangarije Imena ko nabo baba byarangiye bahendwa,agira  Ati”.Mbere zaguraga700 none ubu igura 1000 murumvako  cotex kobyagenze.”Yongeyeho ko batakibona abaguzi bazo kubera ko ihenze akaba asaba minisiteri y’ubucuruzi ko yabigira ibyayo bakagabanya umusoro bakabishyira mubikorwa.

by : Uwamaliya Florence

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *