Chili:Abasenyeri bose bafashe umwanzuro wo kubivamo

Abasenyeri bose bo muri Chili bashyikirije ubwegure Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, nyuma y’iminsi itatu y’inama bari bahamagajwemo i Roma kubera ikibazo cyo gufata ku ngufu abana. vapormax 97 hybrid mens running shoes womens bullet japan og gold
Abasenyeri beguye barimo 31 bakiyobora za Diyosezi n’abandi batatu bari mu kiruhuko cy’izabukuru. adidas gazelle nere uomo gazelle uomo nere Abavugizi b’Inama y’Abepisikopi muri Chili, imbere y’abanyamakuru bari bateraniye i Vatikani ku wa 17 Gicurasi 2018, basomye urwandiko rugira ruti “Twe, twese abasenyeri bari i Roma, twashyikirije ubwegure Papa kugira ngo abe ari we ufatira icyemezo buri wese muri twe.” Umuvugizi wa Vatikani, Greg Burke, yavuze ko nta cyo yavuga niba Papa Francis azemera ubwegure bw’abo basenyeri bose beguriye rimwe. adidas x raf simons men ozweego iii black core black scarlet Kwegurira rimwe kw’abasenyeri bo mu gihugu kimwe byaratunguranye muri Kiliziya Gatolika. nike air max 270 men s shoe nike Papa yahamagaje inama y’abo basenyeri bo muri Chili nyuma yo kwakira raporo y’amapaji 2,300, ashinja abapadiri ihohotera rishingiye ku gitsina. supreme x nike air max 98 navy le site de la sneaker Mu bashyizwe mu majwi hanarimo Musenyeri wa Diyosezi ya Osorno, Juan Barros, washyizweho na Papa mu 2015. la qualite air jordan air jordan 13 retro femme tkw202675 Perezida w’Inama y’Abepisikopi muri, Luis Fernando Ramos Pérez, yatangaje ko abasenyeri bose baguma mu kazi mu gihe bagitegereje icyemezo cya Papa Francis.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *