Abahagarariye Ishyaka DGPR batanze urutonde rw’abaziyamamaza mu matora y’Abadepite

Ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party),riyobowe na Dr Frank Habineza ryagejeje kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) urutonde rw’abantu bazarihagararira mu matora y’abadepite yimirijwe muri Nzeri uyu mwaka wa 2018.
Umuyobozi Mukuru w’ishyaka Dr Frank Habineza ari nawe we uza mu bimbere ku rutonde, released 2019 63fe9 b0886 nike air max 95 uomo scarpe nere bianche agakurikirwa n’Umunyamabanga Mukuru waryo Ntezimana Jean Claude,nabo bari mubazahatanira umwanya mu Inteko ishinga amategeko y’u rwanda. air max 95 essential nike air max 95 noir et gris homme Dr Habineza mu ijambo rye yagize ati”Twahisemo gutanga abazaduhagararira bagera kuri 34 tugamije gusaranganya imyanya mu Nteko kandi hagendewe kubwinshi bw’andi mashyaka nayo yifuza imyanya hatabayeho kwiharira, cheap nike air max 270 mens womens shoes for sale online ngo bidusabe guharanira imyanya yose ivugwa uko ari 80 kandi iyo twifuza tuyibonye ryaba ari ishema ku ishyaka duhagarariye”. in campagna new balance uomo 1600 vendita nere grigie bianche 98497148 Green Party itanze kandidatire yayo ikurikira amwe muyandi mashyaka yayibimburiye nayo yamze kuyishyikiriza komisiyo,nyuma y’uko hatangarijwe italiki yo gutangira kwakira ubusabe bwabifuza guhagararira amashyaka mu matora y’abadepite ateganijwe. adidas superstar slip on shoes black adidas malaysia ishyaka Green Party rishingiye ahanini kucyizere abarwanashyaka baryo bahora barigaragariza ndetse n’abandi banyarwanda muri risange,rihamya ko nta kabuza iki ari cyo gihe cyo kwigaragaza no gukora impinduka mubyo riharanira byose,kandi bigamije kuzamura imibereho y’abanyarwanda nkuko bikubiye muri Manifesto yaryo. nike air max 1 jewel women s size Biteganijwe ko komosiyo y’amatora izarangiza kwakira kandidatire ku wa 25 Nyakanga, fi5015 2018 2019 fantasia bellissime nike air max 90 donna imirimo yo kwiyamamaza ikazatangira ku wa 13 Kanama kugeza ku wa 1 Nzeri uyu mwaka wa 2018 nyuma yaho amatora nyirizina akazatangira ku wa 2 Nzeri 2018 ku banyarwanda baba mubindi bihugu babarizwa muri Diaspora mugihe abatuye mu gihugu imbere ateganijwe ku wa 3 Nzeri uyu mwaka wa 2018.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *