Nyaruguru: Uwarokotse Jenoside yishwe n’abantu bataramenyekana
Museruka Theoneste, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, wo mu Karere ka Nyaruguru, yakuwe mu ruzi rw’Akagera yapfuye bigaragara ko yashinyaguriwe n’abantu
![]()
Museruka Theoneste, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, wo mu Karere ka Nyaruguru, yakuwe mu ruzi rw’Akagera yapfuye bigaragara ko yashinyaguriwe n’abantu
![]()
Urugendo rwiswe ‘Walk in her Shoes’ hagamijwe kuzirikana imvune z’abagore, n'igikorwa cyahuje abatari bake kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10
![]()
Ni kenshi usanga umuntu atameze neza, wamubaza uko ameze akakubwira ati ndababara umutwe w’uruhande rumwe. Ubu ni uburwayi bushobora gufata
![]()
Umuryango mpuzamahanga Care International wita ku batishoboye wateguye ubukangurambaga bwiswe ‘Walk in Her Shoes’ bugamije gukura mu bukene abagore n’abakobwa.
![]()
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho Ikigo cy’ igihugu cyihariye mu kuvura indwara z’ umutima. Ikigo cy’ igihugu cy’ Ubuzima mu Rwanda
![]()
Ku itariki ya 15 Mutarama 2017, umubyeyi yakubise abana be 2 umwe w’imyaka 4 n’undi w’umwaka 1 ku buryo ubu
![]()
Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa muntu n’iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari (GLIHD: Great Lakes Initiative for Human Rights and Development) ugaragaza ko itegeko
![]()
Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali ifunze abantu bane barimo Umujyanama w’ubuzima bakekwaho ubufatanyacyaha mu bujura bw’inzitiramubu zigenewe abaturage
![]()
Minisiteri ishinzwe gukumira Ibiza no kwita ku mpunzi, MIDIMAR ifatanije n’abafatanyabikorwa bayo bafunguye ku mugaragaro uruganda rw’amazi mu nkambi y’impunzi
![]()
U Rwanda kimwe n’ibindi bihugu rwifatanyije n’abatuye isi bose kwizihiza no kuzirikana umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya SIDA. Tariki
![]()