Batashywe n’Ibyishimo Nyuma Yoguhabwa Ibikapu n’Imyenda Ya Siporo
Abana biga mw’irerero rya Root Foundation hamwe n’abarezi babo bishimiye ubufasha bahawe n’abanyamuryango ba Ahmadiyya Muslim Association guturuka mu bwongereza.
![]()
Abana biga mw’irerero rya Root Foundation hamwe n’abarezi babo bishimiye ubufasha bahawe n’abanyamuryango ba Ahmadiyya Muslim Association guturuka mu bwongereza.
![]()
Ababyeyi bafashwa n’uumushinga Root Foundation mukugira Ubumenyi no kwiteza imbere barashimira, barashimira byimazeyo Umuryango Ahmadiyya Muslim Association wabahaye Imashine zidoda
![]()
Umukino wa E-Sport, ukinwa hakoreshejwe ikoranabuhanga rya drones, ugiye gutangira gukinirwa mu Rwanda. Ni umukino ugiye gutangizwa n’Ishuri rya New
![]()
Ubuyobozi bw’ishuri ry’urwunge rw’amashuri rya Remera Protestant burasaba ababyeyi baharerera kuba hafi y’abana bakamenya imyigire yabo, bakanamenya niba umwana bohereje
![]()
Abana bafashwa n’ikigo Root Foundation barishimira ibyo kimaze kubagezaho yewe ntibahwema no kuvuga ko Root Ari umubyeyi wabo. Ibi byagarutsweho
![]()
Ishuri Ecole Les Rossignols riraburira ababyeyi kudahugira mu minsi mikuru gusa ngo bibagirwe ko igihembwe gikurikira ntacyo kiri hafi kandi
![]()
Ishuri rya Kigali Leading TVET Technical Secondary School mubirori byahuje ababyeyi baharerera ndetse n’abanyeshuri baharangirije ndetse yewe nabandi bagikomeza kuhiga
![]()
Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamaliya yatangije gahunda yo kumurika ku mugaragaro urubuga rw’ itetero.rw kuri uyu wa 20
![]()
Abanyeshuri bagera kuri 211 b’abakobwa barihirirwa na FAWE Rwanda ifatanyije na MasterCard Foundation, barangije mu mwaka wa 2021/2022, bitezweho impinduka
![]()
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Sylvere Nahayo, yasabye urubyiruko kugendera kure ikintu cyose cyabavutsa ubuzima, abibutsa ko bagomba kwirinda ibiyobyambwenge
![]()