Mu Rwanda hagiye gutangizwa umukino wa E-Sport ukinwa hifashishijwe ikoranabuhanga rya Drones.
Umukino wa E-Sport, ukinwa hakoreshejwe ikoranabuhanga rya drones, ugiye gutangira gukinirwa mu Rwanda. Ni umukino ugiye gutangizwa n’Ishuri rya New
Umukino wa E-Sport, ukinwa hakoreshejwe ikoranabuhanga rya drones, ugiye gutangira gukinirwa mu Rwanda. Ni umukino ugiye gutangizwa n’Ishuri rya New
Ubuyobozi bw’ishuri ry’urwunge rw’amashuri rya Remera Protestant burasaba ababyeyi baharerera kuba hafi y’abana bakamenya imyigire yabo, bakanamenya niba umwana bohereje
Abana bafashwa n’ikigo Root Foundation barishimira ibyo kimaze kubagezaho yewe ntibahwema no kuvuga ko Root Ari umubyeyi wabo. Ibi byagarutsweho
Ishuri Ecole Les Rossignols riraburira ababyeyi kudahugira mu minsi mikuru gusa ngo bibagirwe ko igihembwe gikurikira ntacyo kiri hafi kandi
Ishuri rya Kigali Leading TVET Technical Secondary School mubirori byahuje ababyeyi baharerera ndetse n’abanyeshuri baharangirije ndetse yewe nabandi bagikomeza kuhiga
Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamaliya yatangije gahunda yo kumurika ku mugaragaro urubuga rw’ itetero.rw kuri uyu wa 20
Abanyeshuri bagera kuri 211 b’abakobwa barihirirwa na FAWE Rwanda ifatanyije na MasterCard Foundation, barangije mu mwaka wa 2021/2022, bitezweho impinduka
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Sylvere Nahayo, yasabye urubyiruko kugendera kure ikintu cyose cyabavutsa ubuzima, abibutsa ko bagomba kwirinda ibiyobyambwenge
Abanyeshuri bagera kuri magana abiri 200 bahawe ikaze muri Kaminuza y’u Rwanda baturutse muri Sudan, aho baje gukomereza amasomo yabo
Abanyeshuri barenga Magana abiri 200 bajyanywe mu bitaro nyuma yo kurya uburozi Ibi byabaye kuruyu wa kane tariki 20 Nyakanga