IPRC Kigali yamuritse ku mugaragaro umushinga w’ imashini yongerera abarwayi umwuka
Mu gihe cy’icyumweru kimwe ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro, IPRC Kigali, riratangaza ko rizaba rimaze gusohora imashini zakorewe mu Rwanda, zifashishwa
![]()
Mu gihe cy’icyumweru kimwe ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro, IPRC Kigali, riratangaza ko rizaba rimaze gusohora imashini zakorewe mu Rwanda, zifashishwa
![]()
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yongeye kwibutsa abacuruzi ko ntawemerewe kuzamura ibiciro by’ibicuruzwa, byaba ibikorerwa mu Rwanda cyangwa ibituruka hanze y’igihugu.
![]()
Mu rwego rwo gufatanya na Leta mu kurwanya ikwirakwira rya Coronavirus, Sosiyete y’Itumanaho ya Airtel Rwanda yongereye igihe cya Poromosiyo
![]()
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (Minicom) yatangaje ibiciro by’ibicuruzwa bimwe na bimwe bitagomba kurenzwa ku maguriro yo hirya no hino mu gihugu,
![]()
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania uyu munsi kuwa mbere yongeye gushimangira ingingo ye yo gusaba abatuye iki gihugu kubyara
![]()
Koperative koperama icyizere y’abamotari, iherereye mu Akarere ka Nyarugenge Umurenge wa Kimisagara ,ifite abanyamuryango 350 bakora umwuga wogutwara moto ariko
![]()
RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Werurwe 2020 haratangira kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli
![]()
Mugihugu cy’Uburundi bahize ko inzige nizibeshya zigatera ubutaka bwabwo nta kindi bazazirimburisha uretse kuzirya kakahava nkuko byatangajwe n’umuyobozi ushinzwe ubuhinzi
![]()
Leta y’u Rwanda yashimiye Ikigo k’Itumanaho cya Airtel -Rwanda , kuba cyarabashije kwesa imihigo mu gutera intambwe nziza mu rwego
![]()
Uruganda Nyarwanda rukora Sima rwa Cimerwa rugaragaza ko hagati ya Nyakanga 2018 na Nyakanga 2019 inyungu rwagize yazamutseho 55% kuko
![]()