Abantu 2 bahitanwe na Covid-19 abandi 255 barayandura mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 29 Mutarama 2021, abantu 2 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda bituma umubare
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 29 Mutarama 2021, abantu 2 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda bituma umubare
Agahimbazamusyi ku Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ iri gukina Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2020) kazamuwe, aho
Benshi mu bafashijwe guhindura ubuzima ndetse inzozi zabo zikaba impamo biturutse ku nkunga zitandukanye bakesha umuryango wegamiye kuri Kiriziya Gaturika
Abaturage basaga ibihumbi 20 bo mu tugari rwose two mu mujyi wa Kigali, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa
Abafite virusi itera SIDA barasabwa kudacibwa intege n’amabwiriza adasanzwe yo kwirinda COVID-19, ngo bahagarike kwitabira serivisi zibagenewe zirimo gufata imiti
Mukansanga Uwase numwe mu bantu byakunze kwita inshuti y’umuryango mugukumira amacyimbirane akunze kugaragara mu miryango, agaragaza imbogamizi abaturage bahuye nazo
Urupfu rwa Padiri Ubald Rugirangoga rwamenyekanye mu gitondo cyo ku itariki 08 Mutarama 2021 nyuma y’igihe yari amaze arwariye muri
Mu nyandiko yasinyweho n’abadipolomate barenga 100 ba Amerika, basabye ko Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri icyo gihugu, Mike
Minisiteri y’Uburezi yasabye ibigo by’amashuri bicumbikira abana kwirinda gutanga impushya za hato na hato kuko zishobora kuba intandaro zo gukwirakwira
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko Ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi