Umuyobozi wa Airtel Rwanda Amit Chawla yeguye
Amit Chawla wari umaze imyaka itatu ari Umuyobozi w’Ikigo cy’Itumanaho cya Airtel Rwanda, yeguye ku mirimo ye ku mpamvu zitaramenyakana.
![]()
Amit Chawla wari umaze imyaka itatu ari Umuyobozi w’Ikigo cy’Itumanaho cya Airtel Rwanda, yeguye ku mirimo ye ku mpamvu zitaramenyakana.
![]()
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina cyane irikorerwa abagore n’abana mungo n’ imwe mu nzitizi zibangamiye iterambere ariko cyane uburenganzira bwa muntu
![]()
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta arimo kunengwa bikomeye nyuma yo gutangiza imishinga nyuma y’amasaha y’umukwabu. Ku wa kabiri nijoro, Perezida
![]()
U Rwanda rwatangiye gukoresha robots mu kwita ku barwaye coronavirus. Umurwayi wa Covid uri kwitabwaho na robot mu kigo cy’ubuvuzi
![]()
Tanzania irateganya gutangira gukora inkingo za Covid-19 muri gahunda igamije kugabanya igiciro cyatangwa zitumizwa mu mahanga.Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubuzima,
![]()
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku munsi wo Cyumweru tariki 27 Kamena 2021, mu Rwanda abantu icyenda (9) bishwe na
![]()
Matt Hancock yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza nyuma yuko arenze ku ibwiriza ryo kutegerana agasomana n’umukozi bakoranaga. Mu
![]()
Minisitiri w’ubuzima, Dr. Daniel Ngamije yavuze ko abantu bagomba kugira uruhare rugaragara mu kurwanya COVID-19 kugira ngo igihugu gitsinde icyorezo
![]()
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko byamaze kugaragara ko hirya no hino mu baturage hari icyorezo cya Covid-19 ku buryo
![]()
Habanukize Patrick n’umwe mubaranzweho no guhohotera umugore we Nyiramana espelance bikamuviramo gutana n’uwo bashakanye.Habanukize yaranzweho nokwigira igihazi murugo rwe naho
![]()