Indege ya kompanyi Air Niugini yayobye ikibuga yisanga mu nyanja ya Pasifika
Nkuko bitangazwa n’abategetsi b’ikibuga cy’indege, indege itwara abagenzi yamanutse igwa ku gasozi kagufi ko mu nyanja ya Pasifika imaze guhusha
![]()
Nkuko bitangazwa n’abategetsi b’ikibuga cy’indege, indege itwara abagenzi yamanutse igwa ku gasozi kagufi ko mu nyanja ya Pasifika imaze guhusha
![]()
Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro yabwiye Umuryango mpuzamahanga ONU ejo kuwa gatatu ko yifuza kwicarana no kuganira na Perezida Donald
![]()
Urukiko rw’Ikirenga mu Buhinde rwakuyeho itegeko ryahanaga umuntu ufashwe yaciye inyuma uwo bashakanye, ryanengwaga kuba rituma abagore bafatwa nk’umutungo w’abagabo.
![]()
Igitangazamakuru cyo kuri interineti gikora inkuru zicukumbuye cyatangaje ko umugabo w’Umurusiya ushinjwa kugira uruhare mu gitero cy’uburozi cyo mu mujyi
![]()
Nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru AFP, impirimbanyi enye zivuga ko ziharanira demokarasi zakatiwe igifungo cy’amezi 12 kubera gutuka Perezida Joseph Kabila
![]()
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump hamwe na Perezida wa Koreya y’Epfo Moon Jae-in basinye amasezerano y’ubucuruzi hagati
![]()
Uyu munsi, abasilikali umunani bishwe n’igisasu cyaturikanye imodoka barimo igikandagiye, mu ntara ya Soum, mu majyaruguru ya Burkina Faso. Perezida
![]()
Ushobora no gukanda kuri iyi link nabwo ugasoma itangazo muburyo bworoshye ITANGAZO rya cyamunara
![]()
Nibura abantu 100 bamaze kubarurwa mu bahitanywe n’impanuka y’ubwato bunini bwaraye bwibiye mu kiyaga Victoria nk’uko byemejwe n’Umupolisi Mukuru mu
![]()
Perezida wa Korea y’Epfo Moon Jae-in yatangaje ko mugenzi we wa Korea ya Ruguru yemeye gufunga ahasuzumirwaga ibisasu mu mugambi
![]()