Kenya yasabye isubikwa ry’umukino w’ijonjora wa CAN
Igihugu cya Kenya cyasabye ko umukino wo guhatanira tike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu mu mukino w’umupira
Igihugu cya Kenya cyasabye ko umukino wo guhatanira tike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu mu mukino w’umupira
Umuherwe Michael Bloomberg wiyamamarizaga guhagararira ishyaka ry’aba-démocrates mu matora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yamaze kuvanamo ake
Chitetsu Watanabe, umusaza w’imyaka 112 y’amavuko wari uherutse gutangazwa ko ariwe ukuze kurusha abandi ku Isi yitabye Imana, yari yatangaje
Minisitiri w’ubuzima wa Algeria yemeje ko umuntu wa mbere bamusanzemo ubu bwoko bushya bwa coronavirus, mu itangazo yasomeye kuri televiziyo
Umukinnyi w’ikipe ya Eritrea witwa Tesfazion Natnael niwe wegukanye agace karekare kurusha utundi muri Tour du Rwanda ya 2020 nyuma
Umuganga wo mu Bushinwa, Dr Li Wenliang, watanze impuruza bwa mbere ko icyo gihugu cyibasiwe na virusi idasanzwe, yapfuye azize
Mugihugu cy’Uburundi bahize ko inzige nizibeshya zigatera ubutaka bwabwo nta kindi bazazirimburisha uretse kuzirya kakahava nkuko byatangajwe n’umuyobozi ushinzwe ubuhinzi
Perezida Donald Trump, yagizwe umwere mu rubanza rwo kumweguza, bikaba byashyize akadomo ku cyifuzo cy’aba-Democrates cyo kumukura ku butegetsi. Abasenateri
Umutwe w’iterabwoba wa Al-shabab wigambye igitero ku ngabo z’umuryango w’ubumwe bwa Afurika ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia