Rutahizamu w’Ubufaransa wari witezwe mu gikombe cy’isi yavunikiye bikomeye mu myitozo
Ikipe y’Ubufaransa yatangaje ko rutahizamu wayo Christopher Nkunku yagize imvune mu ivi nyuma yo kugongana na Eduardo Camavinga mu myitozo,
 
Ikipe y’Ubufaransa yatangaje ko rutahizamu wayo Christopher Nkunku yagize imvune mu ivi nyuma yo kugongana na Eduardo Camavinga mu myitozo,
 
Leta y’u Rwanda yongeye gushimangira ko yiyemeje gushyigikira umurongo wo gukemura amakimbirane n’ibibazo by’umutekano muke urangwa mu Burasirazuba bwa Repubulika
 
Donald Trump yatangaje kumugaragaro ko aziyamamaza mu matora ya perezida ya 2024 mu ijambo ryibanze ku kunenga uko politiki n’ubukungu
 
Muri kamere y’abagabo bakunda icyubahiro akarusho kubahwa n’abigitsina gore ariko bakirengagiza ko aribo bakwiye kubigiramo uruhare. Bimwe mu bintu abasore
 
Nyuma y’igihe kinini bivugwa ko Symphony Band itabanye neza n’umuhanzikazi Uwayezu Ariel [Ariel Wayz] bahoze babana mu itsinda bagatandukana mu
 
Abagore bo mu cyaro baracyazitirwa n’imirimo ya nyakabyizi ndetse n’iyo mu ngo zabo idahemberwa kandi ibafata umwanya munini, ku buryo
 
Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyirico rusange cy’amashuri yisumbuye. Mu mashuri abanza, abanyeshuri bakoze 227,472.
 
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Major General Innocent Kabandana, amuha ipeti rya Lt. General.
 
Ku wa Kane taliki 22 Nzeri 2022, ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye Umuyobozi w’Ikigega cy’Abanyamerika
 
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje impamvu cyafashe umwanzuro wo guhagarika gukoresha EBM V1., kinatangaza igihe ntarengwa iki cyiciro gishaje
 