AmakuruPolitikiUncategorized

Amerika ntirashirwa ku mwanzuro wo guca Caguwa muri EAC

Leta zunze Ubumwe za Amerika ikomeje kotsa igitutu ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, nyuma y’uko ibi bihugu bikomeje kwihagararaho ku cyemezo cyo guca imyenda n’inkweto bya Caguwa, bituruka mu bihugu bitandukanye. new balance pj stratford 533 uomo nero nm533bwh skate nb numeric coque imprimé huawei pas cher Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba nka Uganda, Tanzania ndetse n’u Rwanda byafashe icyemezo cyo guca imyenda n’inkweto byambawe bizwi nka Caguwa, mu rwego rwo guteza imbere inganda zikora imyenda n’izitunganya impu zikorera imbere muri ibi bihugu,hakiyongeraho no kurinda abanegihugu babyo kwandura indwara za hato na hato bitewe n’imitunganyirize ya Caguwa. nike air max tn mujer forjaslacadoslaem coque iphone d’occasion Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakomeje kwamaganira kure icyemezo cyo guca caguwa aho zagaragaje ko gishobora kuzagira ingaruka zikomeye ku bucuruzi bwa biriya bihugu bikorana na yo binyuze muri gahunda ihuza icyo gihugu n’ibindi bya Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara,“African Growth and Opportunity Act (AGOA). adidas x raf simons fall winter 2013 footwear highsnobiety coque imprimé huawei pas cher Umuyobozi w’ibiro bishinzwe ubukungu bwa Afurika mu ishami rishinzwe Afurika rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Harry Sullivan, yavuze ko ibi bihugu byo muri EAC bigomba gukuraho imyanzuro yo guca caguwa byafashe muri 2016. nike air max 90 essential dark grey white black 537384 085 kixify coque iphone en ligne   Guca caguwa ni gahunda yahawe imbaraga cyane, aho imisoro kuri caguwa yazamuwe cyane aho igiciro cy’umusoro ku myenda yinjizwa mu Rwanda cyazamutse kikava ku madorali 0,2 kikagera ku madorali 2,5 naho inkweto za caguwa nazo umusoro ukava ku madorali 0,2 yishyurwaga kikagera ku madorali 4,5.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *