USA: Umunyeshuri wiga muri Kaminuza yishe ababyeyi be abarashe

James Eric Davis Jr wivuganye ababyeyi be
James Eric Davis Jr arakekwaho kuba yarashe nyina na se ubwo bari mu cyumba araramo, hari hashize umunsi umwe avuye kwa muganga ku bw’impamvu z’ibiyobyabwenge. Nyina yitwaga Diva Davis, w’imyaka 47, naho Se ni James Eric Davis Sr, w’imyaka 48, nk’uko BBC dukesha iyi nkuru ibikesha WILX TV. nike air vapormax flyknit hommes chaussures de running pour vin Ababyeyi biciwe mu igorofa ya kane mu nzu yitwa Campbell Hall. Umunyamategeko wa Leta ya Illinois yatangaje kuri Twitter ko umuryango wa ba nyakwigendera wari warimukiye mu mujyi wa Chicago, aho James Eric Davis Sr yakoreraga nk’umupolisi. coque iphone outlet store Ishuri James Eric Davis Jr yigagaho ryigwamo n’abanyeshuri,ryatangaje kuri Twitter iby’ubu bwicanyi. air jordan 11 blackout cap and gown le site de la sneaker Muri iri shuri abayobozi bemererwa gutunga intwaro ariko abanyeshuri ntibabyemerewe. nike air max 98 black anthracite ao9380 001 the sole supplier Coque pour Huawei Polisi yatangaje ko yakurikiranaga Davis Jr w’imyaka 19 akaba yigaga mu mwaka wa kabiri muri Kaminuza, ngo batangiye gukurikirana amakuru ye ku wa kane ubwo yajyaga kwa muganga kubera gukoresha ibiyobyabwenge. coque huawei Davis bivugwa ko yavuye kwa muganga ajya ku ishuri yigaho ari naho habereye ubwicanyi. baskets homme air jordan jordan 23 breakout 881449 100 coque iphone sale Ukuriye Polisi muri kariya gace Lt Larry Klaus yatangaje ko uyu munyeshuri yafashwe amashusho na Camera zo mu kigo ahunga aca mu nzira ya gari ya moshi. air jordan 5 homme femme jordan fashion basket air jordan 5 retro Coque iPhone 6S Ikibazo cyo gutunga imbunda no kuzikoresha nabi gikomeza kuvugisha benshi, iki gikorwa kibaye nyuma y’ibyumweru bibiri, umunyeshuri witwa Nikolas Cruz arashe abantu 17 barimo na bagenzi be aho yigaga ku ishuri ryitwa Stoneman Douglas muri Leta ya Florida.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *