USA: Amasezerano ahamye na Koreya ya Ruguru niyo ntego

Ibiro by’umukuru w’igihugu wa Leta zUnze Ubumwe z’Amerika biratangaza ko imyiteguro y’inama ya mbere mu mateka hagati ya Perezida Donald Trump n’umuyobozi w’ikirenga wa Koreya ya ruguru Kim Jong Un irimo igenda neza. nike air max 90 se floral pack blue 881105 400 the sole supplier Itangazo rya perezidansi y’Amerika rivuga ko iyo nama izahuza abo bayobozi uko ari babiri, bonyine n’abasemuzi babo kuri uyu wa kabiri mu gihugu cya Singapore. Nyuma yayo, nibwo abandi bayobozi bazayitumirwamo mbere yuko perezida Trump afata indege yerekeza I Washington muri Amerika. Intumwa z’Amerika mu biganiro bitegura iyo nama zivuga ko mu bigomba kumvikanwaho harimo ko Koreya yiyemeza guhagarika burundu gukora no gukoresha intwaro za kirimbuzi. grande lection nike air pegasus 89 femme homme chaussures pas cher 3822 Mu kiganiro n’abanyamakuru, minisitiri w’ububanyi n’amahanga Mike Pompeo yavuze ko Amerika itazongera kwemera amasezerano adafashe nkuko byagiye biba mu bihe byambere. nike air max 180 ultramarine Pompeo yagaragaje ko hagomba kubaho gukurikirana no kugenzura ibyo Koreya izaba yemeye gukora. air jordan 29 pe oregon ducks at a discount unpopularity unique Yongeyeho ko ibihano byafatiwe Koreya bizagumaho kugera igenzura rigaragaje ko ibyo Koreya izaba yemeye bishyizwe mu bikorwa. nike air max 90 unisex leather mesh 325213 038 ebay Ministiri Pompeo yagaragaje ko afite icyizere ko iyo nama ya mbere y’abayobozi b’Amerika na Koreya izavamo umusaruro ushimishije. adidas superstar donna Iyo nama ya mbere y’amateka ikurikiranwe n’abanyamakuru barenga 5,000.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *