Stormy Daniels washatse gutaranga Trump byamuviriyemo amahirwe

Umukinnyi wa filime z’urukozasoni Stephanie Clifford uzwi nka Stormy Daniels, yatangaje ko nyuma yo kuvugwaho kuryamana na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ngo ubucuruzi bwe buri kugenda neza. Coque huawei Outlet
Muri Mutarama uyu mwaka nibwo hasohotse amakuru avuga ko umunyamategeko wa Trump, Michael Cohen, yishyuye Daniels amadolari 130 000 ngo atavuga iby’umubano w’ibanga yagiranye na Trump mu 2006. adidas originals stan smith donna blu online promozioni fino al 50 Mu kiganiro na CNN, Daniels usanzwe ari umubyinnyi, umuyobozi n’umukinnyi wa filime zifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina, yavuze ko amakuru yo kuryamana na Trump yatumye abona abakiliya benshi mu kazi ke. Nubwo atatangaje byinshi ku mubano we na Trump n’uburyo byageze aho ahabwa amafaranga ngo atamena ibanga, yavuze ko nta wabona amafaranga ngo ayange. coque huawei Yagize ati “Nkuko nabivuze, iyo umuntu aje akakubwira ati ‘urabona aka kazi umaze igihe ukora, mu cyumweru gitaha ngiye kukwishyura inshuro enye z’ayo wabonaga, ni nde wabyanga?” Uyu mugore umaze imyaka 17 mu mwuga wo gukina filime z’urukozasoni, aherutse kurega Trump avuga ko hari amasezerano y’ibanga bagiranye akanga kuyasinya. nike roshe run mensnike roshe run men Coque Huawei France Icyakora umunyamategeko wa Trump Cohen yavuze ko amafaranga yishyuye Daniels yayakuye mu mufuka we, ko ntaho bihuriye na Trump bityo nta n’amasezerano bafitanye. adidas yeezy boost 350 donna nike il flagship store ufficiale Nyamara Daniels n’umwunganizi we mu mategeko bavuze ko hari email yanditswe na Cohen hariho isinya y’umuryango washinzwe na Trump, bakemeza ko ari igihamya cy’uko ibyo Cohen yakoraga byari mu izina rya Trump. nike vapormax homme rose air vapormax blanche et noir homme 2017 bas coque iphone Cohen nubwo ari we wishyuye Daniels, ntabwo atangaza impamvu y’ayo mafaranga. womens adidas stan smith athletic shoe white 436180 Yaba we ndetse n’Ibiro bya Perezida wa Amerika batangaje ko ayo mafaranga yishyuwe Trump atabizi.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *