Prezida Trump yatumiye Putin i Washington

Umunyamabanga Leta muri USA ushinzwe itangazamakuru Sarah Huckabee Sanders yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ko Perezida Trump yatumiye mugenzi we w’u Burusiya kuzamusura mu mpera z’uyu mwaka. scarpe donna nike free 5 0 nike ebay Yanditse ko hatangijwe ibiganiro bitegura neza uko urugendo rwa Putin muri USA ruzagenda. Itangazo rya Sanders rije nyuma y’uko bariya bayobozi b’ibihugu bya mbere bikomeye mu by’intwaro za kirimbuzi ku isi bahuye ku wa Mbere w’iki Cyumweru ahitwa Helsinki muri Finland. Nyuma y’ibiganiro bagiranye mu muhezo Perezida Trump yahaye abanyamakuru ikiganiro ababwira ko yasanze nta ruhare u Burusiya bwagize mu matora y’Umukuru w’igihugu yabaye muri 2016 yatsinzwe na Donald Trump. nike air max sconto nike scarpe air max 90 uomo donna nere bianche Aya magambo yateje impaka ndende mu banyapolitiki bakomeye ba USA bavuga ko Trump yabagambaniye. boy s shoes amazon Umunsi umwe nyuma y’aho Trump yarivuguruje avuga ko uko byagenda kose u Burusiya butabura uruhare mu byabaye mu matora yamugejeje ku butegetsi bwa USA yari ahanganyemo na Hillary Clinton. Iby’uko Putin azasura USA hari abo byatangaje harimo n’uyobora urwego rw’ubutasi muri USA witwa Dan Coasts. nike air more uptempo knicks white and deep royal blue team orange Mu kiganiro yahaga abari bitabiriye ikiganiro mu by’umutekano muri Kaminuza yigisha iby’umutekano yitwa Aspen Institute, Coasts yagize ati: “Putin adusuye byaba ari ibintu bidasanzwe”. nike free flyknit mercurial superfly pure platinum where to buy Umwe mu basenateri bo mu ishyaka ry’aba Demokarate witwa Chuck Schumer yasabye ko Trump yazatangariza Abanyamerika ibikubiye mu kiganiro yagiranye Putin kuko ngo bakeneye kubimenya. air jordan 10 retro maya moore aa2900 159 chaussures officiel jordan Ikiganiro bagiranye cyamaze amasaha abiri kikaba cyari kitabiriwe n’abasemuzi babo gusa. nike performance zoom hyperrev 2017 basketball shoes white black Vladmir Putin nasura USA azaba abikoze bwa mbere kuva yaba Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya. Mbere y’uko aba Perezida w’u Burusiya, Putin yagiye kenshi muri USA ku mpamvu zitandukanye.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *