Gasabo: Polisi yafashe batatu bakekwaho kwiba Mudasobwa muri GS Nduba

Ku itariki ya 28 Mata, adidas nmd r1 donna rosa online promozioni fino al 72 scontate Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo yafashe abantu batatu aribo; Harerimana Jean Damascene w’imyaka 56 y’amavuko, Mburenumwe Francois w’imyaka 49 y’amavuko na Nshimiyimana Eric w’imyaka 25, bakurikiranyweho kwiba mudasobwa 12 mu kigo cy’amashuri yisumbuye cya Nduba giherereye mu mudugudu wa Musezero, scarpe adidas zx 700 donna rosa blu viola adidas zx 750 rosse akagari ka Muremure mu murenge wa Nduba. Coque Huawei 2018 Aba bombi bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nduba, demarcus cousins gets nike air max dominate pelicans pe aho Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha buri kubakorera dosiye ngo bashyikirizwe ubutabera. nike basket homme air max 2017 running toile noir et bleu Coque huawei Outlet Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali Senior Superintendent of Police (SSP) Emmanuel Hitayezu yemeje aya makuru y’ifatwa ryabo, supreme x nike air max 98 navy le site de la sneaker avuga ko mu rukerera aribwo bo ubwabo bahamagaye umuyobozi w’ikigo bamumenyesha ko ikigo cyibwe n’abantu batabashije kumenya mu rwego rwo kujijisha. coque huawei Livraison rapide SSP Hitayezu yagize ati:’’ Babiri muri bo; Harerimana J.Damascene na Mburenumwe Francois basanzwe ari abazamu barinda iki kigo. Coque huawei Pas Cher Mu ijoro ryo kuwa 27 Mata nibwo zibwe, nike free flyknit mercurial running shoes royal blue sz 9 5 805554 mu gitondo bahamagara Umuyobozi w’ikigo bamumenyesha ko ikigo cyibwe, kandi nyamara mu rugi hari hakirimo urufunguzo bakoresheje bakingura.” Yakomeje avuga ati:”Nyuma twaje guhabwa amakuru ko na Nshimiyimana Eric watekeraga abanyeshuri yafatanyije nabo mu kwiba izi mudasobwa, nawe arafatwa ubu bashyikirijwe Ubugenzacyaha mu gihe hagikorwa iperereza.” SSP Hitayezu yakomeje aburira umuntu wese ugambirira kwiba kuba yabireka kuko amayeri n’amacenga yose yakoresha atazatinda gutahurwa agakurikiranwa n’ubutabera.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *