Burera: Hafatiwe Caguwa yinjiye mu gihugu rwihishwa

Polisi ikorera mu karere ka Burera, kuwa 30 Ukuboza 2017 yataye muri yombi umushoferi w’imodoka yo mu bwoko bwa Dyna ipakiye amabaro agera kuri 60 y’imyenda ya caguwa ndetse n’uwo bari kumwe bikekwa ko ari we nyiri ibyo bicuruzwa byafashwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira yavuze ko hafashwe uwari utwaye iyo modoka n’uwo bari kumwe ucyekwa kuba ari we nyirabyo. superstar rosa cipria adidas superstar 2016 superstar da bambina coque huawei pas cher Yagize ati,”Polisi yabonye amakuru ko iyo modoka ipakiye imyenda ya caguwa ya magendu ishyiraho bariyeri yo kuyifata. amazon balenciaga men s women s vintage triple s trainers coque huawei pas cher Bidatinze yahise ihagera, bayisatse basangamo amabaro 60 y’imyenda ya caguwa idasoreye. vendita di liquidazione nike air max 2017 30 calcio bambino coque imprimé huawei Ikindi ni uko nyir’iyo myenda yahaye Abapolisi babafashe ruswa y’ibihumbi 30 by’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo babarekure barayanga.” IP Gasasira yavuze ko aba bombi bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rusarabuye mu gihe Dosiye zabo zirimo gukorwa kugira ngo zishyikirizwe Ubushinjacyaha. adidas originals releases original is never finished 2018 featuring 23 Yasabye buri wese kwirinda magendu agira ati,” Amafaranga ava mu misoro n’amahoro akoreshwa mu kubaka ibikorwa remezo nk’imihanda, amashuri, ibitaro, n’ibindi. nike lebron 15 noir se vahobi coque huawei Livraison rapide Kubinyereza bigira ingaruka ku bukungu n’iterambere muri rusange.” Yibukije ko ruswa nayo igira ingaruka ku iterambere na serivisi; bityo asaba buri wese kwirinda kuyaka no kuyakira; kandi agatanga amakuru yerekeranye n’ababikora.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *