Israel yamaramaje gufunga abimukira binangiye kugenda

Zimwe mu mpunzi zikomoka mu gihugu cya Eritrea bahungiye muri Israel mu buryo butemewe n’amategeko ikabashyiraho igitutu cyo kubimurira mu bihugu by’Africa bakinangira, Leta ya Israel yatangiye kubafunga nk’umwe mu myanzuro yari yaragambiriye,nyuma yo gushyiraho igihe cy’integuza. Muri Israel habarirwa abimukira bahari binyuranyije n’amategeko bagera ku 35 000 biganjemo abavuye muri Sudan na Eritrea. adidas originals zx 400 spzl s74865 orange jungle coque huawei pas cher BBC yatangaje ko hari abanya-Eritrea bagera kuri 16 bafunzwe mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cyayo cy’uko abatazemera koherezwa mu mahanga bazafungwa. homme nike air max 270 blanc noir air max 270 nike air max homme coque huawei soldes Hari amakuru yakomeje gucicikana ko Israel yumvikanye n’u Rwanda na Uganda kwakira aba bimukira ariko Guverinoma z’ibi bihugu kimwe n’iya Israel byamaganye aya makuru byemeza ko nta masezerano yo guhana abo bimukira yabayeho. nike air jordan homme nike air jordan 8 retro homme mid noire coque iphone pas cher Umwe mu miryango iharanira uburenganzira bw’impunzi muri Israel witwa Hotline for Refugees and Migrants wabwiye BBC ko abafashwe bajyanywe gufungirwa ahitwa Holot. womens nike air max 95 pink Achat coque huawei pas cher Hashize iminsi impunzi ziri muri Israel zikora ibishoboka byose ngo zigaragaze ko zitishimiye icyemezo cyafashwe n’iki gihugu kibacumbikiye,ibintu byagiye bifatwa nko guhonyora uburengenzira bw’ikiremwamuntu,ndetse n’amahanga akabyamagana.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *