Davos:Perezida Trump na Kagame bazagira umwanya wo kuganira

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, byatangaje ko Perezida Donald Trump azahura na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ugiye gutangira kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
Perezida Kagame na Trump bombi baritabira inama y’Isi yiga ku bukungu (WEF) iri kubera mu Mujyi wa Davos mu Busuwisi. nike air max 90 bleu et or no an4d045 Trump arahaguruka kuri uyu wa Gatatu ku mugoroba yerekeza i Davos nkuko byatangajwe mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri n’Umuyobozi Ushinzwe inama y’Ubukungu muri Amerika Gary Cohn akaba n’Umujyanama wa Trump mu by’ubukungu. atmos pink rakuten global market nike w air max 270 nike women Ibiganiro hagati ya Trump na Perezida Kagame bizaba kuri uyu wa Gatanu nkuko ikinyamakuru ibinyamakuru bitandukanye byabitangaje. Umujyanama mu by’umutekano muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, H. R. nike air max 270 chaussures de gymnastique homme multicolore McMaster, yavuze ko mu biganiro byose Trump azagira, azibanda ku mahirwe mu by’ubukungu bifitiye akamaro abaturage b’Abanyamerika. Yongeye ho ko ku bijyanye n’umugabane wa Afurika, abayobozi bombi bazaganira ku guteza imbere umutekano ku mugabane wa Afurika no kuzamura ubukungu. adidas ultra boost x clima donna size Nubwo kuva yiyamamaza gahunda ye ari ugushyira abanyamerika imbere, Gary Cohn yabwiye abanyamakuru ko iyo gahunda itagamije gushyira Amerika mu kato. Yagize ati “Perezida yifuza ko habaho amasezerano agirira inyungu buri ruhande. air jordan xxx1 31 banned prix chaussures basket jordan pas cher Gushyira Amerika imbere ntibivuze kuyishyira mu bwigunge. bonnes affaires nike air max 95 femme pas cher daviddenardi8oi2035 Azaganira n’abayobozi batandukanye b’Isi ku buryo habaho ubwubahane.” Cohn yavuze ko Trump azagaragariza abitabiriye WEF ibyo amaze kugeraho ndetse no kwerekana ko Amerika amarembo afunguye mu bijyanye n’ubucuruzi.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *