AmakuruPolitiki

Ibitekerezo by’akoresha imbugankoranyambaga ku ihagarikwa ry’ umubano w’ u Rwanda n’ u Bubiligi

Leta y’u Rwanda yahagaritse umubano warwo n’u Bubiligi, iha abadipolomate babwo amasaha 48 yo kuba bavuye ku butaka bw’u Rwanda.

nyuma yuko iri tangazo rigiye hanze abakoresha imbugankoranyambaga bagiye kure no kugira ibyo bavugaho kubijyane n’ umubano w’u Rwanda n’ u Bubiligi warumaze iminsi ujemo agatotsi.

Dore bimwe mu bitekerezo twashoboye kwegeranya.

Ubwanditsi bw’ Imena

Loading