Repubulika ya Congo igiye gutiza u Rwanda ubutaka bungana na hegitari 12000 zishobora kubyazwa umusaruro mu buhinzi, nk’umusaruro w’uruzinduko Perezida
Umuhesha w’inkiko w’umwuga yongeye kumenyesha abantu bose ko azagurisha ku nshuro ya kabiri mu cyamunara imitungo itimukanwa igizwe n’amazu,nundi Ugizwe
Urupfu rwa Padiri Ubald Rugirangoga rwamenyekanye mu gitondo cyo ku itariki 08 Mutarama 2021 nyuma y’igihe yari amaze arwariye muri
Taliki 18-01-2021 Rwanda-Uganda (Douala) Taliki 22-01-2021 Morocco-Rwanda (Douala) Taliki 26-01-2021 Rwanda-Togo (Limbe) Umutoza mukuru w’ikipe y’u Rwanda “Amavubi”, Mashami Vincent
Mu nyandiko yasinyweho n’abadipolomate barenga 100 ba Amerika, basabye ko Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri icyo gihugu, Mike
Minisiteri y’Uburezi yasabye ibigo by’amashuri bicumbikira abana kwirinda gutanga impushya za hato na hato kuko zishobora kuba intandaro zo gukwirakwira
Impinja 10 zari zimaze kuvuka zahitanwe n’umuriro wadutse mu bitaro byo mu Buhindi mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko Ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi