AmakuruMuri Afurika

Kwibohora31: Ibyo urugamba rwatwigishije – Perezida Paul Kagame

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye mu muhango wo kwizihiza imyaka 31 u Rwanda rwinjiye mu nzira y’ubwigenge, Perezida Kagame yasubiyemo urugendo rutoroshye ariko rwuzuye isomo.

 Yagize Ati.” At a personal  level it’s been  a very tough  but  enjoyable  journey ,”

Ibi bye reka a ko  nubwo urugendo rwuzuye ibigeragezo.  ,ibyago imvura  y’amaraso n’amakuba harimo n’inyigisho ,ikizere  n’imbuto  z’igihugu  cyateye 

Ibi byerekana ko nubwo urugendo rwuzuye ibigeragezo—ibyago, imivu y’amaraso n’amakuba—harimo n’inyigisho, ikizero n’imbuto z’igihugu cyatewe.

Yongeraho ko:What didn’t  kill us and finish us 31 years  go  has hardened  us ,has  prepared  us.”

Aha Perezida Kagame yerekana ko ibisigisigi by’urugamba bitari byadutindanyije ahubwo byatwigishije gukomera, kwiyubaka no gutera imbere.

Urugamba  rwaranzweho ibibazo bikomeye, ariko  bikaza   bituma abantu n’igihugu bagira imbaraga zitagira  ahozirangirira.

Nubwo inzira yari uburozi, hamwe n’urukundo, ubushobozi, ubushishozi n’ubutungane, byabangutsemo intambwe yo kwiyubaka.

Kwibohora ntabwo byari ugusoza gusa ikibazo cy’ubuyobozi; byaje kuba itangiriro rishya ry’intero yo kurwanya ubukene, ipfundo ry’amateka n’ihuriro ry’abanyarwanda.

Dore Impamvu izi nyigisho zikwiye  guhoraho mu Banyarwanda ni

  • Kurushaho guhinduka imitekerereze: kureka kuba abanyantege nke, ahubwo tukaba abubatse b’ejo hazaza.
  • Kurushaho gutekereza ku Rwanda rw’indashyikirwa: gutera intambwe tugendeye ku byo dufite, aho gutegereza amahirwe.
  • Kwemera imbere  byubaka: Ubwonko, umutima, no gushakisha ibisubizo bigendanye n’amahame.

Perezida Kagame yagaragaje ko Kwibohora si iherezo, ahubwo ari intangiriro ya gahunda ndende yo kongera gutera imbere n’ubwiyunge. Yasabye buri Munyarwanda, cyane urubyiruko, gukomera, kwiga mu byabaye, no gukoresha ubwisanzure bwabo mu kubaka igihugu cyacu.

By:Florence Uwamaliya 

Loading