Mu gihe ibihingwa byinshi bikomeje guhura n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe, abashakashatsi mu by’ubuhinzi n’abaganga bemeza ko ipêra ari imbuto y’ingenzi ikwiye
Jean de Dieu Niyonzima, ufite ubumuga bwo kutabona, ni umwe mu bise izina ingagi mu muhango wa 20 wa “Kwita
Google ni imwe mu bigo by’ikoranabuhanga bikomeye kandi byahinduye isi mu buryo budasanzwe. Yashinzwe mu mwaka wa 1998 n’abanyeshuri babiri
Ingengo y’imari y’ubuhinzi yarongerewe: Ni ibiki bizibandwaho? 18-06-2025 – saa 13:32, Ntabareshya Jean de Dieu Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, MINECOFIN, yatangaje
Muri Madagascar, mu Murwa mukuru Antananarivo, abantu 17 bapfuye bazize ibyo kurya bihumanye bariye mu mu birori by’isabukuru, byabaye ku
Itangazamakuru n’abakoresha imbugankoranyambaga bari murugendo rugamije gusuzuma uko umushinga wo guhinga neza no kwihaza mu biribwa (Sustainable Agricultural Intensification and
Kompanyi icukura amabuye y’agaciro ya Gisizi Mining Ltd, ikorera mu Ntara y’amagepfo, Akarere Ka Kamonyi, Umurenge wa Kayenzi Akagari Ka
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) ryatangaje ko ririmo gushaka miliyari zisaga 9 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 7.7 z’amadolari
Abashakashatsi m’ ubuhinzi n’ ubworozi barizeza abahinzi ko ikoranabuhanga rizaborohereza akazi kandi bakabona umusaruro mwinshi n’uburyo bwo kuwuhunikamo kuburyo igihe