Kwibohora 30: Abakozi Ba GIMI Barishimira Urwego Bagezeho.
U Rwanda hamwe n’ Abanyarwanda muri rusange barizihiza imyaka 30 Bibohoye kuri uyu wa kane tariki 4 Nyakanga, mu rugendo
U Rwanda hamwe n’ Abanyarwanda muri rusange barizihiza imyaka 30 Bibohoye kuri uyu wa kane tariki 4 Nyakanga, mu rugendo
Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gatsata abaturarage ntibavuga rumwe ku gufata inguzanyo zabateza imbere bisunze amabanki, kuko hari bamwe
Ubwo umukandida w’ishyaka RPF Inkota kumwanya wa Perezida, yakomezaga ibikorwa bye byo kwiyamamaza kuruyu wa kabiri tariki 25 Kamena 2024
Urubyiruko rurenga 600 ni rwo rwitabiriye Inteko rusange y’inama y’Igihugu y’urubyiruko rwo mu Karere Ka Kicukiro aho bahurujwe hamwe no
Urubyiruko rwa turutse mu Mirenge 10 igize Akarere Ka Kicukiro rwateraniye mu Inteko Rusange y’ urubyiruko ku rwego rw’Igihugu kuruyu
Ishyirahamwe ry’abashoferi babigize umwuga mu Rwanda, RPDC (Rwanda Professinal Drivers Cooperative), ryahaye abashoferi 108 impamyabumenyi, nyuma yo gusoza amahugurwa y’ikiciro
Ibi Byatangajwe ubwo mu Rwanda tariki 15 Gicurasi Hamurikwaga ku mugaragaro PMI Grobal Summit Serrie| Africa yahinduriwe izina ikiba yitwaga
Itsinda ry’ababyinnyi babigize umwuga rya African Mirror, barashimira Urutozi Gakondo byivuye inyuma kubwo kubibuka bakabategurira amarushanwa ahuza amatsinda y’ababyinnyi bavuye
Abakozi ba Gisizi Mining Ltd (GIMI) Bafatanyije n’ubuyobozi, bakoze umuganda Rusange wo gusibura inzira za mazi ndetse n’imihanda mu midugudu
Mu gihe u Rwanda ruri munzira y’amajyambere yewe ibikorwa byarwo naho rugeze ubu bikaba byivugira, Abanyarwanda nabo ntibasigaye inyuma ahubwo