Nyagatare: Imurikagurisha Ryorohereje Abaturage Kumenyekanisha Ibikorwa Byabo
Mu ntara y’Iburasirazuba mu Karare Ka Nyagatare hatangijwe kumugaragaro imurikagurishwa n’ imurikabikorwa ry’ Akarere Ka Nyagatare ryatangiye kuwa 13 werurwe
Mu ntara y’Iburasirazuba mu Karare Ka Nyagatare hatangijwe kumugaragaro imurikagurishwa n’ imurikabikorwa ry’ Akarere Ka Nyagatare ryatangiye kuwa 13 werurwe
Abahinga ibigori mu Karere Ka Kamonyi barishimira umusaruro wabonetse muri iki gihembwe k’ihinga A yewe bakaba baranongereye ubwanikiro bw’imyaka kugirango
Kongera Umusaruro uva k’ubuso buto byongera inyungu k’umuhinzi uciriritse wo mu cyaro. Gahunda ya African food fellowship. African food fellowship
Hirya no Hino mu ngo usanga abaturage bakusanya imyanda bakoresheje mu gikoni m’uburyo bumwe bwo kubishyira m’umufuka umwe ibibora n’ibitabora
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, yavuze ko zimwe mu mpamvu zituma hari ibihingwa gakondo bitakitabwaho cyane ari uko akenshi
Abanyarwanda basabwe gutera ibiti mu rwego rwo guhangana n’ihindagurika ry’ikirere ndetse no guhangana n’amapfa akunze kwibasira bimwe mu bice by’igihugu.
Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda (NIRDA), k’ubufatanye na na banki y’iterambere y’u Rwanda (BRD) hamwe n’ikigo cy’ububiligi cy’iterambere Enabel
Hashingiwe kuba umubare munini w’Abanyarwanda bakora umurimo wo guhinga ndetse ukanabinjiriza inyungu, yewe n’ibitunga abanyagihugu bikava muruyu murimo wo guhinga,
Umuyobozi w’Inyange avugako kuba hari abashidikanya ko amata yabo bafite ibindi binyabutabire bongeramo kugirango abashe kuramba, ubu bagiye gusobanukirwa neza
Abahinzi n’Aborozi b’Amatungo Magufi n’Aciriritse Barashima Umushinga wa PRISM Mukubegereza no Kubahuza n’Abafatanyabikorwa Mu Bucuruzi Binyuze Muri Gahunda Ya BUSINESS